Mu Karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera hafatiwe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibihumbi 950Frw mu iduka ricururiza mu mujyi wa Karongi amavuta yo kurya n’amasabune yo kumesa.
Nyuma y’iminsi mike umuhanzi Diamond atangaje ko yatandukanye na Zuchu ku birebana n’urukundo ndetse ko kuri ubu babanye nk’abavandimwe(Mushiki na Musaza) yamuguriye impano bitangaza benshi.
Umuraperikazi Da Brat ukunzwe na benshi muri Letza zunze ubumwe z’America yatangaje ko yitegura kwibaruka we n’umugore wemgenzi we Jude Dupart bamaze umwaka bashyingiranwe.
Umunyamideli Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo ku mbugankoranyambaga no mu myidagaduro ya hano mu Rwanda muri rusange yataye abanyamakuru yari yatumiye mu kiganiro aragenda.