skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Dore ibintu abantu bakunze gukora mu rukundo batabizi bikarwangiza

Bimwe mu bintu abantu bakunze gukora mu rukundo batabizi bikarwangiza bakiba byanarangira abakundanaga batandukanye kandi mu byukuri ar ibintu byahinduka ubuzima bwabo bukarushaho kuryoha.
23 February 2023 Yasuwe: 2463 0

Dore ibintu abantu bakunze kwibeshyaho bakabisiga mu maso nyamara bishobora kubangiriza uruhu

Bimwe mu bintu abantu benshi bakunze kwibeshyaho bakaba babisiga mu maso bibwira ko byabafasha kurira uruhu runoze n’ubuzima bwiza ariko bikarangira bicuza.
23 February 2023 Yasuwe: 2291 0

Karongi:Batatu barakekwaho kwiba arenga ibihumbi 900Frw

Mu Karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera hafatiwe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibihumbi 950Frw mu iduka ricururiza mu mujyi wa Karongi amavuta yo kurya n’amasabune yo kumesa.
23 February 2023 Yasuwe: 893 0

Pascal Nyamulinda wayoboye Umujyi wa Kigali yahawe inshingano mu kindi Gihugu

Pascal Nyamulinda wabaye Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, yahawe umwanya na Perezida wa Benin, wo kuyobora Ikigo cy’iki Gihugu [Benin] gishinzwe irangamuntu.
23 February 2023 Yasuwe: 1777 0

Eric Holder Jr wahamijwe kwica umuraperi Nipsey amurashe yahawe igihano gikomeye

Eric Holder Jr wahamijwe kurasa umuraperi Nipsey Hussle bikamuviramo gupfa, yakatiwe gufungwa imyaka 60.
23 February 2023 Yasuwe: 1085 0

Moses yasabye Imbabazi ababajwe no kuba yise u Burundi ‘Urundi Rwanda’

Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yiseguye ku bantu bose babajwe n’ijambo yakoresheje yita u Burundi ‘Urundi Rwanda’ ubwo yasohoraga itangazo rigaragaza ko agiye kujya kumurikayo...
23 February 2023 Yasuwe: 2063 1

Diamond yaguriye impano Zuchu yita mushiki we

Nyuma y’iminsi mike umuhanzi Diamond atangaje ko yatandukanye na Zuchu ku birebana n’urukundo ndetse ko kuri ubu babanye nk’abavandimwe(Mushiki na Musaza) yamuguriye impano bitangaza benshi.
22 February 2023 Yasuwe: 2760 0

Urubanza rwa Titi Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya gatatu

Urubanza rwa Ishimwe Thierry wamenyekanye nka Titi Brown nk’umubyinnyi wabigize umwuga rwongeye gusubikwa rwimurirwa tariki 14 Werurwe 2023.
22 February 2023 Yasuwe: 1600 0

Da Brat aritegura kubyarana n’umugore mugenzi we baherutse kurushinga

Umuraperikazi Da Brat ukunzwe na benshi muri Letza zunze ubumwe z’America yatangaje ko yitegura kwibaruka we n’umugore wemgenzi we Jude Dupart bamaze umwaka bashyingiranwe.
22 February 2023 Yasuwe: 1977 0

Shaddyboo yataye abanyamakuru yari yatumiye mu kiganiro aragenda

Umunyamideli Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo ku mbugankoranyambaga no mu myidagaduro ya hano mu Rwanda muri rusange yataye abanyamakuru yari yatumiye mu kiganiro aragenda.
22 February 2023 Yasuwe: 2414 0