Umugabo wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange, arakekwaho kwica umugore we amuteye icyuma nyuma yo kumubuza kugurisha imwe mu mitungo yabo irimo...
Umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Bad Rama yahakanye amakuru yavugaga ko iyi nzu ahagarariye yatandukanye n’umuhanzikazi Marina.
Umugore wo mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, ukurikiranyweho guta mu musarani umwana abereye mukase, yemera icyaha akavuga ko yashakaga kubabaza umugabo we [Se w’uwo mwana] kugira ngo...