skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Menya ibintu umugabo ugukunda by’ukuri adashobora kugukorera

Bimwe mu bintu umugabo ugukunda by’ukuri adashobora kugukorera ibihe yaba arimo byose.
17 December 2022 Yasuwe: 2623 0

Rwema Denis yasabye anakwa umukunzi we(AMAFOTO)

Umujyanama wa Shaddyboo wanakoranye n’inzu z’imiziki zitandukanye Rwema Denis yasabye anakwa Uwase Faith nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko bakemeranya kubana nk’umugore n’umugabo.
17 December 2022 Yasuwe: 2038 0

Uwantwaye ubusore mugabiye n’ubusaza! Amagambo Bruce Melodie yabwiye umugore we yazamuye amarangamutima ya benshi

Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi uzwi nka Bruce Melodie yatomagije umugore we mu magambo aryoheye amatwi avuga ko yarahiriye kumarana nawe ubuzima bwose kugeza bashaje.
17 December 2022 Yasuwe: 1848 0

Menya ibyiza byo kunywa amata arimo ubuki k’ubuzima bwa muntu

Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu ,ndetse bifite akamaro gakomeye.Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants),...
16 December 2022 Yasuwe: 4603 0

Henry Cavill yatangaje ko yababajwe no kuba yahagaritswe mu gukina muri filime ya Superman

Umukinnyi wa filime Henry Cavill wakinnye ‘Superman’ nka Clark Kent yamenyeshejwe ko atazongera gukina muri iyo filime.
16 December 2022 Yasuwe: 645 0

Menya ibintu byangiza urukundo buke buke iyo udashoboye kubihindura

Bimwe mu bintu byangiza urukundo buke buke ugsanga abari abakunzi bahindutse abandi, byari ibyishimo bigahinduka amarira kandi nyamara ari imyitwarire buri muntu yabasha guhindura kuko akenshi...
16 December 2022 Yasuwe: 1675 0

Bwa mbere Sandra Teta yavuze ku bihe bikomeye yanyuzemo n’umubano afitanye na Weasel babyaranye

Umunyarwandakazi Sandra Teta uri kubarizwa mu Rwanda nyuma yo kuva muri Uganda asa n’uhunze kubera ibibazo yagiranye n’umuhanzi Weasel babyaranye abana babiri bwa mbere yavuze ingaruka n’ibihe bibi...
16 December 2022 Yasuwe: 2505 0

Meddy yishimiwe mu buryo butangaje nyuma yo gutangaza ko agiye gusohora indirimbo

Umuhanzi Nyarwanda umaze kwigarurira imitima ya benshi Ngabo Medard [Meddy] yazamuye amarangamutima ya benshi ubwo yavugaga ko agiye gusohora indirimbo nshya, ni nyuma y’igihe kinini abakunzi be...
16 December 2022 Yasuwe: 767 0

Itangazo:UWASE Hasina yasabye guhindura amazina akitwa RUGIGANA UWASE Hasina

Uwitwa UWASE Hasina yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa RUGIGANA UWASE Hasina mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko...
16 December 2022 Yasuwe: 184 0

Itangazo:SONGA Cedric yasabye guhindura amazina akitwa KANZIRA SONGA Cedric

Uwitwa SONGA Cedric yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KANZIRA SONGA Cedric mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko...
16 December 2022 Yasuwe: 175 0