Abantu babiri mu bashinzwe kureberera inyungu za Wizkid batawe muri yombi i Abidjan muri Côte d’Ivoire nyuma y’uko uyu muhanzi adataramiye muri iki gihugu mu ijoro ryo ku wa 11 Ukuboza 2022.
Umugore wo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Gicumbi ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu ubwo yamutangiraga avuye guhaha akamukururira mu ishyamba akamusambanya akanamwanduza imitezi, yemera...
Ibyishimo ni byose ku muryango ndetse ku itsinda ry’abanyamideli rimaze kubaka izina hano mu Rwanda rizarizwama Miss Naomie n’abavandimwe be nyuma y’uko umwe
muri bo yateye indi ntambwe...
Ikinyamakuru France24 gitangaza ko umunyamakuru ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Grant Wahl yaraye apfiriye mu kazi ku mukino wa 1/4 w’igikombe cy’Isi 2022 wahuje Argentine n’u Buholandi.