skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Hategujwe filime igaruka ku rukundo rwa Prince Harry na Meghan Markle

Urubuga rwa Netflix rwatanze integuza ya filime mbarankuru y’uruhererekane igaruka ku rukundo rw’Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry n’umugore we Meghan Markle.
2 December 2022 Yasuwe: 643 0

Prince Kid wahoze ayobora Miss Rwanda yarekuwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwarekuye by’agateganyo Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid, uregwa ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke...
2 December 2022 Yasuwe: 2240 1

Bad Rama yakubise amaso Marina kwifata biramunanira aramuterura(Amafoto)

Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe...
2 December 2022 Yasuwe: 2768 1

Menya makosa ukwiye kwirinda gukora mu gihe warakaranyije n’umukunzi wawe

Ni i bintu bisanzwe ko abakundana barakaranya kubera impamvu zitandukanye ariko ni byiza ko umenya amakosa ukwiye kwirinda gukora mu gihe warakaranyije n’umukunzi wawe kuko bishobora kubaviramo...
2 December 2022 Yasuwe: 1306 0

Hamissa Mobetto yihanije abakomeje kwibaza kuri se w’umwana avuga ko yabyaranye na Diamond

Umuhanzikazi akaba n’umunyamideli ukomeye muri Tanzania Hamissa Mobetto yihanije abakomeje kuvuga k’umuhungu we bibaza se nyakuri mu gihe we avuga ko yamubyaranye na Diamond ariko bikaba bikomeje...
2 December 2022 Yasuwe: 876 1

Uburwayi bwa Junior Multisystem bukomeje kumutera kwiheba

Karamuka Jean Luc wamamaye mu gutuganya indirimbo nka Junior Multisystem, nyuma yo gucibwa ukuboko mu 2019 ubuzima bwe bukomeje kujya mu kaga, kuburyo asigaye atakaza ibyiringiro byo kubaho.
1 December 2022 Yasuwe: 1362 0

Ndimbati yageneye ubutumwa abantu bibasiye Bamporiki kubera icyaha akurikiranyweho

Uwihoreye Jean Bosco umaze kwigarurira imitima ya benshi muri sinema nyarwanda uzwi nka Ndimbati, yanenze abakunze kunenga Hon. Bamporiki Edouard wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda, ubu akaba...
1 December 2022 Yasuwe: 2154 0

Basi sori ikomeje kuyobora urutonde rw’indirimbo zikunzwe muri Africa kuri RFI

Indirimbo ‘Basi sorry’ ya Passy Kizito na Chris Eazy igiye kuzuza icyumweru iyoboye urutonde rw’indirimbo zirindwi zo muri Afurika zigezweho kuri RFI binyuze mu kiganiro ‘Afro club’.
1 December 2022 Yasuwe: 982 0

Safi Madiba yashenguwe n’urupfu rw’umukobwa yifashishije mu mashusho y’indirimbo ’I Love you’

Umuhanzi w’Umunyarwanda usigaye atuye muri Canada wamenyekanye nka Safi Madiba yashenguwe n’umukobwa wagaragaye mu mashusho y’indirimbo ’I love you’ yakunzwe na benshi.
1 December 2022 Yasuwe: 2068 0

Umuraperi Kanye West yategetswe gutanga indezo ya miliyoni 200 Frw kwa Kim Kardashian buri kwezi

Umuraperi Kanye West (Ye) yahawe gatanya mu buryo bwemewe n’amategeko asabwa kwishyura indezo kwa Kim Kardashian ingana n’ibihumbi 200 by’amadorali y’Amerika, ni ukuvuga asaga miliyoni 200 Frw.
1 December 2022 Yasuwe: 528 0