Urubuga rwa Netflix rwatanze integuza ya filime mbarankuru y’uruhererekane igaruka ku rukundo rw’Igikomangoma cy’u Bwongereza Harry n’umugore we Meghan Markle.
Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe...
Ni i bintu bisanzwe ko abakundana barakaranya kubera impamvu zitandukanye ariko ni byiza ko umenya amakosa ukwiye kwirinda gukora mu gihe warakaranyije n’umukunzi wawe kuko bishobora kubaviramo...
Umuhanzikazi akaba n’umunyamideli ukomeye muri Tanzania Hamissa Mobetto yihanije abakomeje kuvuga k’umuhungu we bibaza se nyakuri mu gihe we avuga ko yamubyaranye na Diamond ariko bikaba bikomeje...
Indirimbo ‘Basi sorry’ ya Passy Kizito na Chris Eazy igiye kuzuza icyumweru iyoboye urutonde rw’indirimbo zirindwi zo muri Afurika zigezweho kuri RFI binyuze mu kiganiro ‘Afro club’.