skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Tems yihanije abamushinja guhindurwa n’Isi y’imyidagaduro akareka gusenga

Umuhanzikazi Temilade Openiyi wamenyekanye nka Tems yihanije abakomeje kumwibasira bavuga ko yatwawe n’Isi y’imyidagaduro akibagirwa uko yahoze ameze nk’umukobwa wari uzwiho gukunda Imana.
30 November 2022 Yasuwe: 1417 0

Junior Rumaga yahishuye impano yahawe n’umubyeyi we ikamushimisha kurusha izindi

Umusizi umaze kwandika izina hano mu Rwanda wamenyekanye nka Junior Rumaga yahishuye ko yahawe na Nyina ikamutungura ndetse ikanamushimisha cyane ari ishusho ya Bikiramariya.
30 November 2022 Yasuwe: 1414 0

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi umukunzi wawe igihe wamurakaje

Kurakaranya hagati y’abakundana ntago byabura gusa benshi bibaza icyo bakora mu gihe barakaje abakunzi babo kugira ngo ibintu byongere kumera neza.
30 November 2022 Yasuwe: 1446 0

Urubanza rwa Tity Brown rwasubitswe rwimurirwa umwaka utaha

Urubanza rwa Ishimwe Thierry, umubyinnyi w’umwuga wamenyekanye nka Titi Brown akaba akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana, rwasubitswe ruhita rushyirwa ku wa 8 Gashyantare 2023.
30 November 2022 Yasuwe: 708 0

ITANGAZO RIMENYESHA IMIKIRIZE Y’URUBANZA AHATAZWI

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AMAZE KUBONA ICYEMEZO CY’URUBANZA NO:RC00557/2020/TGI/NYGE RUBINDO Jerome YABURANYEMO NA MUSERUKA BYAKWELI Blaise ATITABYE AKOZE INYANDIKO...
30 November 2022 Yasuwe: 267 0

Miss Mutesi Aurore yahishuye ko yiteguye kongera gushakwa

Miss Mtesi Aurore Kayibanda yahishuye ko yiteguye kongera gushakwa nyuma yo gutandukana na Mbabazi Egide bari barasezeranye kubana akaramata.
30 November 2022 Yasuwe: 1876 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO YIMUKANWA IHEREREYE KICUKIRO

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATEZWA MU CYAMUNARA IMITUNGO YIMUKANWA YA GLOBAL VENTURES LTD/ADCOMPLIANCE LTD IGIZWE N’IBIKORESHO BITANDUKANYE BIKURIKIRA BIHEREREYE MU...
30 November 2022 Yasuwe: 268 0

Dore ibizakwereka ko umukunzi wawe atakigukunda

Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wari mu rukundo ariko bikaba btakimurimo.
29 November 2022 Yasuwe: 2134 0

Ndimbati yahishuye umubano afitanye n’abana yabyaranye na Fridaus

Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati uherutse gufungurwa nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa no kumusindisha, yasobanuye umubano we n’abana b’impanga yabyaranye...
29 November 2022 Yasuwe: 2735 1

Dark Stallion wahoze ari umukunzi wa Zari Hassan aravugwaho gucuruza ibiyobyabwenge

Dark Stallion wahoze ari umukunzi wa Zari Hassan aravugwa mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge, ni nyuma y’uko umwe mu bagore yakoreshaga bikavugwa ko yari n’umukunzi we yishwe na guverinoma ya Bangladesh.
29 November 2022 Yasuwe: 883 0