Umusizi umaze kwandika izina hano mu Rwanda wamenyekanye nka Junior Rumaga yahishuye ko yahawe na Nyina ikamutungura ndetse ikanamushimisha cyane ari ishusho ya Bikiramariya.
Dark Stallion wahoze ari umukunzi wa Zari Hassan aravugwa mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge, ni nyuma y’uko umwe mu bagore yakoreshaga bikavugwa ko yari n’umukunzi we yishwe na guverinoma ya Bangladesh.