skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Menya ibintu abakobwa bakunze kugenzura ku musore mbere yo kumwemerera urukundo

Buri muntu agira ibyo agenderaho mu guhitamo uwo yakunda ariko ku bakobwa hari bimwe bahuje.
23 November 2022 Yasuwe: 1467 0

Nyagatare:Ukurikiranyweho gusambaya abana b’abahungu n’umukobwa haravugwa uko yabafatishaga

Umugabo w’imyaka 32 ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare, nyuma yo gukekwaho gusambanya abana 11 barimo 10 b’abahungu n’umukobwa...
23 November 2022 Yasuwe: 1689 0

Theo Bose Babireba yavuze ukuri ku mafoto aherutse kumugaragaza asa n’uwasinze

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Theo Bosebabireba yavuze ukuri ku mafoto amaze iminsi acicikana ku imbugankoranyambaga amugaragaza ari mu iduka ricuririzwamo inzoga ndetse...
23 November 2022 Yasuwe: 2020 0

Menya ubusobanuro bw’impeta bitewe n’urutoki uyambayeho

Impeta abenshi bazi ni iy’ugushyingirwa n’iya fiyansaye ariko mu bisanzwe abantu bambara impeta ku ntoki zose bitewe n’ubutumwa bashaka gutanga. Dore ibisobanuro by’impeta hagendewe ku rutoki...
22 November 2022 Yasuwe: 3630 0

Impungenge ni zose kuri Diamond ukomeje gutakaza ibiro umunsi ku wundi

Umuhanzi ukomoka muri Tanzania umaze kwigarurira imitima ya benshi ku Isi wamamaye nka Diamond Platnumuz yagaragaje ko nawe ashobora kuba atewe impungenge n’uburyo ari kunanuka umunsi ku wundi.
22 November 2022 Yasuwe: 4409 0

Shyaka ukinira ikipe y’Igihugu yakoze ubukwe n’umukunzi we nyuma y’igihe bakundana

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Basketball na REG BBC, Shyaka Olivier yakoze ubukwe n’umukunzi we Isaro Amanda bamaze igihe bakundana.
22 November 2022 Yasuwe: 1846 0

Kanye West yatangaje ko agiye kwiyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika

Umuraperi Kanye West usigaye wiyita ’Ye’ yatangaje ko afite gahunda yo kongera kwiyamamriza kuyobora zunze ubumwe z’Amerika mu matora ateganyijwe 2024.
22 November 2022 Yasuwe: 835 0

Cristiano Ronaldo yaciye agahigo katarakorwa n’undi muntu ku Isi

Rurangiranwa Cristiano Ronaldo yongeye guca agahigo, aba umuntu wa mbere ku Isi wujuje miliyoni 500 z’abamukurikira ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram.
22 November 2022 Yasuwe: 2971 0

Mu mitoma itangaje umukunzi wa Bushali yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko

Umukunzi w’umuhanzi Bushali, banabyaranye umwana w’umuhungu, ukoresha izina rya Pontesiano, yifurije isabukuru uyu muhanzi mu buryo bw’uzuye imitoma itagira uko isa amwibutsa urwo mukunda.
22 November 2022 Yasuwe: 979 1

Gakenke:Impanuka ikomeye yahitanye babiri, abagera kuri 20 barakomereka

Mu Karere ka Gakenke Mu gace kazwi nko muri Buranga mu Murenge wa Nemba habereye impanuka ya Fuso yagonganye na Coaster abantu babiri bahasiga ubuzima u 20 barimo babiri bakomereka bikomeye.
22 November 2022 Yasuwe: 3300 0