skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Menya ibyiza n’akamaro ko gusenga utari uzi

Bimwe mu bintu byiza n’akamaro bizanwa no gusenga benshi batazi.
26 October 2022 Yasuwe: 3867 0

Kanye West akomeje guhomba nyuma yo gutandukana na Adidas

Umuraperi wamaze kubaka izina ku Isi wamenyekanye nka Kanye West kuri ubu ufite izina rya Ye akomeje guhomba bikomeye nyuma y’uko uruganda rwa Adidas ruhagaritse amasezerano bari bafitanye ndetse...
26 October 2022 Yasuwe: 468 0

Perezida wa Kiyovu Sports yavuze agahinda aterwa no gushora amafaranga mu mupira w’u Rwanda

Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal yavuze ko gushora imari mu mupira w’u Rwanda ari kimwe no kuyajugunya mu musarani.
25 October 2022 Yasuwe: 3028 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZAGURISHA MU CYAMUNARA IMITUNGO ITIMUKANWA YA BENIMANA PIERRE DAMIEN NA UWIMANA THACIENNE IGIZWE N’INZU IFITE UPI:1/03/03/01/995 IHEREREYE MU...
25 October 2022 Yasuwe: 251 0

Uncle Austin yatandukanye na Power Fm yakoragaho

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi wamenyekanye nka Uncle Austin yatandukanye na Radio Power Fm yari amazehoamezi agera mu munani nyuma yo gusezera Kiss Fm.
25 October 2022 Yasuwe: 1135 0

Yambuwe urufunguzo rw’imodoka nyuma yo kwifotoza! Miss Shanitah yahishuye byinshi bitamenyekanye

Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa mu ijoro ryo ku wa 25 ukuboza 2021 ariko kuva icyo gihe akaba atarahabwa bimwe mu bihembo yemerewe birimo imodoka yo mu bwoko bwa Nissan...
25 October 2022 Yasuwe: 2072 0

Dore ibintu umusore ashobora gukora bigatuma umukobwa wamwanze yisubiraho

Kwemera kwakira ko ubenzwe bigorana cyane iyo ubenzwe n’umukobwa wakundaga cyane. Dore amayeri atatu ukoresha ukongera kwigarurira umutima w’umukobwa wakubenze.
25 October 2022 Yasuwe: 1242 0

Muhanga:Umusore yitabye Imana aguye muri Piscine

Nkundineza Pierre w’imyaka 23 wakomokaga mu Mudugudu wa Nyabizenga Akagari ka Kirengeli mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, ariko akaba yari atuye mu Murenge wa Nyamabuye kuri ubu,...
25 October 2022 Yasuwe: 1894 0

AMAFOTO: Cyuzuzo wa KISS FM yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi

Umunyamakuru wa Kiss FM, Cyuzuzo Jeanne d’Arc unamenyerewe mu kiganiro ‘Ishya’ gitambuka kuri Televiziyo y’u Rwanda yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi nyuma y’amezi 11 yambitswe impeta...
25 October 2022 Yasuwe: 1124 0

Itangazo: TUMUKUNDE Jules yasabye guhindura amazina akitwa MURENZI Jackson

Uwitwa TUMUKUNDE Jules yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MURENZI Jackson mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko...
24 October 2022 Yasuwe: 205 0