Umuraperi Zilha uri mu bagezweho muri iyi minsi mu Rwanda yahamije amakuru y’uko yatandukanye na Ange Dababy uzwi mu ndirimbo z’abahanzi bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo n’impamvu yabyo.
Umunyamakuru Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago uzwi cyane mu biganiro bitambuka kuri YouTube, hari amakuru avuga ko yamaze kwinjira mu muziki ndetse ko ari hafi gushyira hanze umuzingo [Album] we...
Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Davido n’umugore we Chioma bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko umuhungu wa bo Ifeanyi Adekele yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.