Nyuma y’ukwezi kumwe Miss Umutesi Lea Byusa akoze ubukwe na Peter Nasasira bakozeibirori bigaragaza ko bari kwitegura kwibaruka bizwi nka’Baby Shower’.
Abdul Juma uvuga ko ari se wa Diamond Platnumz nubwo nyina yabihakanye, yibasiye umuhungu we nyuma yo kwishyiraho iherena ku mazuru igikorwa avuga ko atari icya kigabo.
Abagabo babiri bakurikiranyweho kwica umukecuru baberaga mu rugo banamukorera akazi ko mu rugo mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro, bemereye Ubushinjacyaha ko babikoze.
Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Shiphrah Niyotwizeye wigaruriye umutima wa Ayoo Rash umwe mu ba Producer bakunzwe hano mu Rwanda, aba bombi bakaba bamaze gutangaza ko biteguye...