skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Nick Cannon ari kwitegura kwibaruka umwana wa 12

Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Nick Cannon aritegura kwibaruka umwana wa 12, agiye kubyarana na Abby De La Rosa basanzwe bafitanye abana batatu.
10 November 2022 Yasuwe: 1174 0

Rulindo:Umukobwa akurikiranyweho kwigabanyisha imyaka agamije gufungisha uwo babyaranye

Mu Karere ka Rulindo,mu Murenge wa Tumba Umukobwa w’imyaka 21 y’amavuko akurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano agamije kugaragaza ko umusore babyaranye yamuteye inda ataruzuza imyaka y’ubukure.
10 November 2022 Yasuwe: 1827 2

The Ben yahakanye amakuru y’ubutumire bw’ubukwe bwe na Pamella

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hamaze iminsi hacicikana ubutumire bw’ubukwe bwa The Ben n’umukunzi we Miss Pamella, amatariki yabwo ndetse n’aho buzabera. Ubu butumire bwavugaga ko ubukwe...
10 November 2022 Yasuwe: 1526 0

Umuhanzikazi Cher w’imyaka 76 yasubije abibaza icyamuteye gukundana n’umusore arusha imyaka 40

Umuhanzikazi Cherilyn Sarksian wamamaye nka Cher muri Leta zunze ubumwe z’America yasubije abamwibajijeho ndetse bamwe bakamunenga bibaza uko akundana n’umusore arusha imyaka 40 ababwira ko...
10 November 2022 Yasuwe: 967 0

Umuriro watse hagati ya Papa cyangwe na Kivumbi wavuze ko badakwiye kugereranywa

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’abaraperi babiri barimo Papa Cyangwe ndetse na Kivumbi King ubagereranyije asaba abant guhitamo umuraperi mwiza w’umwaka Kivumbi akavuga ko barengereye kuba...
10 November 2022 Yasuwe: 608 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA UHEREREYE KAMONYI

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA KU NSHURO YA KABIRI UMUTUNGO UTIMUKANWA WA SOGIS LTD UGIZWE N’INZU IRI MU KIBANZA GIFITE UPI: 2/08/12/05/2603 UHEREREYE...
9 November 2022 Yasuwe: 301 0

Mimi yahishuye ikintu yakundiye Meddy n’umubare w’abana bifuza kubyara

Mimi Mehfira umugore w’umuhanzi Ngabo Medard wamenyekanye nka Meddy yahishuye ikintu gikomeye yakundiye umugabo we, abana bifuza kuzabyara ndetse n’ibintu yishimira mu buzima kurusha ibindi.
9 November 2022 Yasuwe: 2212 0

Ariel Wayz yahishuye uko yisanze ari umufana wa Rayon Sports

Umuhanzikazi Ariel Wayz umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera impano ye itangaje yahishuy uko yisanze ari umufana w’ikipe ya Rayon Sports kandi atari asanzwe ari umufana w’umupira w’amaguru.
9 November 2022 Yasuwe: 1297 0

Pamela wo mu itsinda rya Mackenzies ribarizwamo Miss Naomie yambitswe impeta(amafoto)

Ibyishimo ni byose ku itsinda ry’abanyamideli rimaze kubaka izina hano mu Rwanda rizarizwama Miss Naomie n’abavandimwe be nyuma y’uko umwe muri bo yambitswe impeta y’urudashira.
9 November 2022 Yasuwe: 1421 0

Dore ibintu wasuzuma ukamenya ko umukobwa mukundana agukunda by’ukuri

Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo...
9 November 2022 Yasuwe: 2867 0