Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime Nick Cannon aritegura kwibaruka umwana wa 12, agiye kubyarana na Abby De La Rosa basanzwe bafitanye abana batatu.
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hamaze iminsi hacicikana ubutumire bw’ubukwe bwa The Ben n’umukunzi we Miss Pamella, amatariki yabwo ndetse n’aho buzabera.
Ubu butumire bwavugaga ko ubukwe...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA KU NSHURO YA KABIRI UMUTUNGO UTIMUKANWA WA SOGIS LTD UGIZWE N’INZU IRI MU KIBANZA GIFITE UPI: 2/08/12/05/2603 UHEREREYE...
Umuhanzikazi Ariel Wayz umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera impano ye itangaje yahishuy uko yisanze ari umufana w’ikipe ya Rayon Sports kandi atari asanzwe ari umufana w’umupira w’amaguru.
Ibyishimo ni byose ku itsinda ry’abanyamideli rimaze kubaka izina hano mu Rwanda rizarizwama Miss Naomie n’abavandimwe be nyuma y’uko umwe muri bo yambitswe impeta y’urudashira.
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo...