Umuhanzi w’umunya Tanzania umaze kwigarurira imitima ya benshi muri Africa wamenyekanye nka Harmonize we n’umukunzi we Kajala bari kwitegura kwibaruka imfura yabo nyuma y’iminsi basubiranye.
Mu gihe habura amasaha make rukambikana hagati ya Rayon Sports na Kiyovu Sports mu mukino w’abakeba, uko abakinnyi bakomeje kwitegura ni nako abafana bakomeje mu myiteguro y’ihangana.
Nyuma y’iminsi mike abaraperi Papa Cyangwe na Kivumbi King baterana amagambo ntibyarangiriye aho kuko Papa Cyangwe yahise asohora indirimbo yibasira Kivumbi yiganjemo ibitutsi bikabije.
Umuhanzi Robert Sylvester Kelly wamamaye nka R. Kelly wakatiwe igifungo cy’imyaka 30 yatangiye kuririmba no kwigisha umuziki ku buntu imfungwa ngenzi ze.