skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Justin Bieber ari mu bahanzi bazatarama mu kiriyo cya TakeOff

Justin Bieber uherutse guhagarika ibitaramo yari afite bitandukanye kubera uburwayi afite ari mu bahanzi bamaze gutangazwa ko azatarama mu kiriyo cya TakeOff uherutse kwitaba Imana mu rwego rwo...
9 November 2022 Yasuwe: 489 0

Chris Evans yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi

Christopher Robert Evans w’imyaka 41 wamamaye mu gukina filime yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi muri uyu mwaka wa 2022.
9 November 2022 Yasuwe: 779 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA IHEREREYE KIGALI

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HASUBUKUWE CYAMUNARA KU NSHURO YA KABIRI KU MITUNGO ITIMUKANWA YA BENIMANA PIERRE DAMIEN NA UWIMANA THACIENNE IGIZWE N’INZU IFITE...
8 November 2022 Yasuwe: 328 0

USA:Umukecuru w’imyaka 56 yabyaye umwana yari yatwitiye umukazana we

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Nancy Hauck yibarutse umwana witwa Hannah, umukobwa w’umuhungu we Jeff. Uyu mukecuru w’imyaka 56 y’amavuko yemeye gutwitira umukazana we kuko atabashakaga kuba...
8 November 2022 Yasuwe: 1074 0

Agahinda ni kose ku nshuti z’Umunyarwandakazi waguye mu mpanuka y’indege Tanzania

Agahinda ni kose kubari inshuti z’Umunyarwandakazi umwe mu bantu 19 bahitanywe n’impanuka y’indege ya Precision Air yabaye ku wa Gatandatu, ubwo yagwaga mu kiyaga cya Victoria mu nzira iva i Dar es...
8 November 2022 Yasuwe: 1826 0

Element yahishuye umukobwa bakundana uko akwiye kuba ameze

Mugisha Robinson Fred wamamaye nka Element uri mu ba Producer bakunzwe hano mu Rwanda by’akarusho akaba anyuzamo nawe akaririmba yahishuye ko yizerera mu rukundo cyane nubwo atarurimo ariko...
8 November 2022 Yasuwe: 978 0

Nta mvura idahita!Sandra Teta yageneye ubutumwa Prince Kid wahoze ari umukunzi we

Sandra Teta uri kubarizwa mu Rwanda yageneye ubutumwa Prince Kid bakundanye ufunzwe aho akurikiranyweho ibyaha byabereye mu irushanwa rya Miss Rwanda.
8 November 2022 Yasuwe: 1977 0

Umukobwa wa Trump yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi(AMAFOTO)

Umukobwa wa Trump witwa Tiffany yabyaranye n’umugore we wa kabiriyakorewe ibirori byo gusezera ku ukumi bizwi nka ’Bridal Shower’.
8 November 2022 Yasuwe: 1394 0

Irene wegukanye ikamba rya Miss Africa Calabar 2020 arasaba ubufasha

Miss Irene Ng’endo ukomoka muri Kenya wegukanye ikamba rya Miss Africa Calabar 2020 arasaba inshuti abavandimwe ndetse n’ababishinzwe kumufasha kwishyuza ibihembo amaze imyaka ibiri yegukanye muri...
8 November 2022 Yasuwe: 1269 0

AMAFOTO:Ihere ijisho uburanga bw’inkumi yigaruriye umutima w’umuramyi Serge

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Uburiza Sandrine wigaruriye umutima w’umuramyiIyamuremye Serge uherutse kwerekeza muri America agiye gusura umukunzi we ariko amakuru akaba avuga ko...
8 November 2022 Yasuwe: 1323 0