skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Ndamage wayoboye Kicukiro n’abandi batanu bahawe akazi muri Kaminuza ya Kigali

NDAMAGE Paul Jules wabaye Mayor w’Akarere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali n’abandi bayobozi batanu bahawe akazi na Kaminuza ya Kigali, UK. Aba bose bazafatanya mu kuzamura ireme no gukomeza kwagura...
17 August 2017 Yasuwe: 2920 0

Icyo Tricia na Tom Close bavuga ku mukobwa wabo uzaba Nyampinga w’u Rwanda wujuje imyaka 3

Ibyishimo by’ikirenga mu muryango ufatwa nk’uwa mbere mu byamamare byashinze urugo, Tom Close na Tricia Ange; barizihiza ivuka ry’umukobwa wabo Ella akaba n’imfura, kuri bo bavuga ko yasendereje...
17 August 2017 Yasuwe: 4605 0

Urwibutso Safi yasigaranye nyuma yo gushwana na Knowless, yanavuze icyamutanyije na Mutesi

Umuririmbyi Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko kuba yaratandukanye na Knowless Butera atabyicuza ahubwo ko yishimira intera uyu mugore agezeho. Yavuze ko yishimira igihe...
17 August 2017 Yasuwe: 5822 1

DJ Pius yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Wabulila’-YAREBE

Umuririmbyi Dj Pius yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Wabulila’ yari amaze iminsi atunganya. Ni amashusho bigaragara ko yafatiwe mu bice bitandukanye harimo n’igihugu cya Autriche. Rickie...
17 August 2017 Yasuwe: 293 0

Nanditse nciye bugufi ko mu bihe byose twiteguye gufatanya- Ubutumwa Perezida wa Misiri yasigiye mugenzi we w’u Rwanda

Ubutumwa Perezida wa Misirri, Abdel fattah Al-Sisi yasigiye mugenzi we w’u Rwanda, mu gitabo cy’abashyitsi ku kibuga Mpuzamahanga cya Kanombe ubwo yasozaga uruzindo rwe mu Rwanda. Mu butumwa...
16 August 2017 Yasuwe: 1806 0

Portugal: Abantu 12 bahitanywe n’igiti ubwo bizihizaga ijyanwa mu ijuru rya Bikira Maria-AMAFOTO

Mu gihugu cya Portugal abantu 12 bahitanywe n’impanuka y’igiti yabaye ubwo bari mu birori byo kwizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikira Maria(Asomusiyo) ku munsi w’ejo tariki ya 15 Kanama 2017....
16 August 2017 Yasuwe: 1650 0

Karongi : Batandatu bafungiwe gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranije n’amategeko

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Karongi ifungiye kuri Sitasiyo ya Rubengera abagabo batandatu yafashe ku itariki 14 z’uku Kwezi barimo gucukura Zahabu mu buryo bunyuranije n’amategeko mu kagari ka...
16 August 2017 Yasuwe: 295 0

Kamonyi: Umugore yajyanye umugabo we kuri Polisi amurega kugurisha inka ya ’Girinka’

Mu karere ka Kamonyi haravugwa umugore wajyanye umugabo we kuri Polisi, nyuma y’aho uyu mugabo agurishirije inka uyu muryango wari warahawe muri gahunda ya Gir’inka. Ibi byabaye mu gitondo cyo...
16 August 2017 Yasuwe: 639 0

Gitwaza yatunguwe n’abakirisitu be bamukoreye ibirori by’isabukuru-AMAFOTO

Intumwa (Apostle ) Dr. Paul Gitwaza iyobora amatorero ya ZTCC ( Zion Temple Celebration Centers ) ku Isi , yatunguwe n’abakirisitu be bamukoreye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 46...
16 August 2017 Yasuwe: 2211 1

Burundi: Guverineri wa Bubanza yarusimbutse nyuma yo kugabwaho igitero

Mu ijoro ryakeye rya tariki ya 15 Kanama 2017 mu gihugu cy’u Burundi, imodoka yari itwaye Guverineri wa Bubanza, Tharcisse Niyongabo, yagabweho igitero n’abantu bataramenyekana. INFO SOS...
16 August 2017 Yasuwe: 3202 1