skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Perezida Kagame yakiriye Abanyeshuri basanzwe ari n’abayobozi mu bihugu bitandukanye by’Africa-AMAFOTO

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kanama, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 54 bongerera ubumenyi bwabo mu miyoborere mu ishuri ry’ubucuruzi rya Harvard Business School...
15 August 2017 Yasuwe: 1101 0

Just Family bamuritse amashusho y’indirimbo ‘Nashiriyemo’-YAREBE

Itsinda rya Just Family ryashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Nashyiriyemo’ nyuma y’igihe bayatunganya.Aba basore bavuga ko bakomeje gukora cyane kugirango bisubize icyubahiro bahoranye muri...
15 August 2017 Yasuwe: 306 0

Ibikubiye mu butumwa bwa Perezida Sisi yanditse mu rurimi rw’icyarabu ubwo yasuraga urwibutso rwa Gisozi

Kuri uyu wa 15 Kanama 2017, ahagana saa sita n’iminota mike nibwo Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri yageze ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Gisozi yunamira inzirakarengane...
15 August 2017 Yasuwe: 808 0

Perezida wa Misiri yunamiye inzirakarengane zishyinguye ku Gisozi-AMAFOTO

Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri yageze ku rwibutso rwa Kigali ku Gisozi rushyinguyemo imibiri y’abazize jenoside yakorewe abatutsi; yunamira inzirakarengane zihashyinguwe. Ni nyuma yo...
15 August 2017 Yasuwe: 976 0

Bebe Cool ‘umurashi mwiza’ umugore we agiye kwibaruka umwana wa Gatanu

Ikinyamakuru Big Eye cyandikirwa muri Uganda, cyanditse inkuru ifite umutwe ugira uti “Bebe ni umurashi mwiza…Arahamya’, bavuze ibi mu gihe umugore wa Bebe Cool yitegura kwibaruka umwana nk’uko...
15 August 2017 Yasuwe: 1430 0

Perezida wa Misiri yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi-AMAFOTO

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi...
15 August 2017 Yasuwe: 1390 0

Kigali: Nyuma y’iminsi itatu, Umurambo w’Umuturage wishwe n’ingona wabonetse

Umugabo witwa Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge wishwe n’ingona, umurambo we wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Kanama 2017....
15 August 2017 Yasuwe: 2005 1

Aline Gahongayire yakomoje ku nkuru zurudaca zimwandikwaho ngo ‘yahetse ibiheko’, ‘Ubuhehesi’ n’ibindi

Umuririmbyi, umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatangaje ko atajya acibwa intege n’inkuru z’urudaca zimwandikaho mu itangazamakuru umunsi ku wundi. Aline ukunze...
15 August 2017 Yasuwe: 5170 1

U Rwanda rwihanganishije abaturage ba Sierra Leone babuze ababo kubera umusozi waridutse

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yihanganishije igihugu cya Sierra Leone, nyuma y’umusozi waridutse bitewe n’imvura nyinshi igahitana benshi. Mu ijoro ryo ku wa...
15 August 2017 Yasuwe: 388 0

Perezida wa Zambia ategerejwe mu Rwanda mu irahira rya Perezida Kagame

Kuwa 18 Kanama 2017 nibwo hateganyijwe umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame uherutse gutorerwa kuyobora u Rwanda; Guverinoma ya Zambia yamaze kwemeza bidasubirwaho ko Perezida w’iki gihugu,...
15 August 2017 Yasuwe: 2241 0