Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Kanama, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 54 bongerera ubumenyi bwabo mu miyoborere mu ishuri ry’ubucuruzi rya Harvard Business School...
Kuri uyu wa 15 Kanama 2017, ahagana saa sita n’iminota mike nibwo Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri yageze ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Gisozi yunamira inzirakarengane...
Ikinyamakuru Big Eye cyandikirwa muri Uganda, cyanditse inkuru ifite umutwe ugira uti “Bebe ni umurashi mwiza…Arahamya’, bavuze ibi mu gihe umugore wa Bebe Cool yitegura kwibaruka umwana nk’uko...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi...
Umugabo witwa Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge wishwe n’ingona, umurambo we wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Kanama 2017....
Umuririmbyi, umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatangaje ko atajya acibwa intege n’inkuru z’urudaca zimwandikaho mu itangazamakuru umunsi ku wundi.
Aline ukunze...