skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Miss Iradukunda wa RBA yarushinganye n’umusore bamaranye imyaka 6-AMAFOTO

Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yarushinga n’umukunzi we David bamaranye imyaka itandatu mu myenga w’urukundo. Ubukwe bw’aba bombi bwabereye mu Ntara...
13 August 2017 Yasuwe: 6260 0

Museveni yahamagaye kuri telefone Perezida Kagame aranamwandikira amwifuriza ishya n’ihirwe

Kaguta Yoweli Museveni uyobora igihugu cya Uganda yohereje ubutumwa bwo gushimira mugenzi we w’u Rwanda, Perezida Paul Kagame ku tsinzi yagize nyuma y’amatora yabaye tariki ya 03 na 04 Kanama...
13 August 2017 Yasuwe: 2857 0

Perezida wa Niger ategerejwe mu Rwanda mu irahira rya Perezida Kagame

Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yamaze kwemeza ko azaba ari mu Rwanda mu irahira rya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 2017-24. Mu mpera...
13 August 2017 Yasuwe: 467 0

Aline yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Ni yo yabikoze’ yitsa cyane ku nzitane yahuye nazo-YAREBE

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yamuritse amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ni yo yabikoze’. Iyi ndirimbo nayo ikubiye kuri album nshya yise ‘New woman’...
13 August 2017 Yasuwe: 638 0

Phiona ntiyatinye kwerura ko urukundo rwe na Mico aribo babipanze kugira ngo bavugwe cyane

Umuhanzikazi Phiona Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, yavuze ko nta rukundo yigeze agirana n’umuhanzi Mico The Best nk’uko byakunze kuvugwa, ngo ni umupangu bakoze kugira...
13 August 2017 Yasuwe: 2780 0

Safi yahamije ko yatandukanye n’umukunzi we, ahakana ibyo kubyara umwana mu gasozi

Umuririmbyi Safi Madiba ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yamaze guhamya ko yatandukanye n’umukunzi we, Mutesi Parfine bari bamaranye imyaka irenga ibiri. Uyu muhanzi yavuze ko atizegeze abyara...
12 August 2017 Yasuwe: 4248 2

Rulindo: Polisi yafashe abana barenga 100 bari mu isoko bakora imirimo ivunanye

Bamwe mu babyeyi babangamira uburenganzira bw’abana biturutse ku bujiji ku buryo bumva ibyo babakorera bitanyuranije n’amategeko; abandi bakaba babikora bazi kandi basobanukiwe ko ibyo bakora ari...
12 August 2017 Yasuwe: 358 0

Nyampinga w’u Rwanda 2017 mu mwambaro wa ‘Bikini’ yerekanye ko azobereye umukino wo koga-AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Kanama 2017 nibwo habaye irushanwa ryo koga ryiswe ‘Ndi nyampinga swimming Competition’ ryateguwe na Nyampinga w’u Rwanda wa 2017, Miss Iradukunda Elsa. Ni...
12 August 2017 Yasuwe: 8424 1

Perezida wa Misiri aragenderera u Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al-Sisi ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’ iminsi ibiri rugamije gutsura umubano w’ibihugu byombi. Biteganyijwe ko azatangira uruzinduko tariki ya 15...
12 August 2017 Yasuwe: 1072 0

Min Mushikiwabo yibaza impamvu ’New York Times’ itarambirwa gutangaza ibihuha ku Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo ngo yibaza niba ikinyamakuru New York Times kitajya kirambirwa gukwirakwiza ibihuha bisebya u Rwanda, ngo Perezida Paul kagame ni...
12 August 2017 Yasuwe: 2673 3