Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko mu ijoro ryakeye rya tariki ya 13 Kanama 2017 hagabwe igitero mu inzu y’ururiro (Resitora) iri mu mujyi wa Ouagadougou kigahitana abantu 17.
Inkuru ya BBC...
Umukinnyi mpuzamahanga Sugira Ernest wamaze kugurwa n’ikipe ya APR FC avuga ko afite umukunzi bitegura kurushinga mu mwaka wa 2018 nk’uko bakunze kubiganiraho, ngo ntashobora kuvuga amazina ye mu...
Umuhanzi Dr Jose Chameleone yamaze gutangaza ko konti yakoreshaga kuri instagram yibwe ndetse ko ahangayikishijwe n’uko uwayibye yamaze gutangaza ko agiye kuyishyira ku isoko.
Abinyujije kuri...
Umuririmbyi Umutare Gaby washakanye na Joyce Nzera mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nyakanga uyu mwaka, bamaze kwerekeza ku mugabane wa Australia nyuma y’igihe bivugwa ko ariho bazajya gutura nyuma...
Dr Frank Habineza watsinzwe amatora y’umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 03 na 04 Kanama 2017, yatangaje ko leta y’u Rwanda ikwiye kujya iha amafaranga abakandida bahatanira umwanya w’umukuru w’Igihugu...
Muhirwa Theogene w’imyaka 37 y’amavuko afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndego nyuma yo gufatanwa umufuka w’urumogi urimo ibiro 12 iwe mu nzu mu rukerera rwo ku italiki ya 13 Kanama .
Ibi...
Urukiko rwisumbuye rw’ akarere ka Muhanga rwahanijije igifungo cya burundu umusore witwa Uwamahoro Jean Claude nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gutera mugenzi we igisongo
Taliki ya 31 Nyakanga...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...