Ku wa gatatu w’iki Cyumweru dusoza, ikamyo yari itwaye ibikomoka kuri peteroli yaturikiye mu majyepfo ya Nigeria mu masangano manini y’umuhanda uhuza leta za Edo na Delta, ihitana byibuze abantu 20.
Imibonano mpuzabitsina ni kimwe mubintu byagaraye ko bishobora kwanduza mu buryo bwihuse icyorezo cya Corona Virus (COVID-19) ndetse kandi ubushakashatsi bwagaragaje ko mu gihe abantu bari kuguma...
Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hongeye kugaragara umutwe w’inyeshyamba wa Mars 23 (M23) wemeze ko ushyigikiye Umukuru...