Umukinnyi wa film uzwi cyane muri Kenya, Charles Bukeko, yashyinguwe mu rugo rwe mu burengerazuba bw’igihugu mu mabwiriza akomeye yo kwirinda Covid-19.
Mu gihe benshi mu bakurikirana Instagram ya Uwicyeza Miss Pamella n’umuhanzi The Ben bakekeranya ku mubano bafitanye ku bw’amafoto bashyira ahagaragara,The Ben yakuyeho urujijo amara amatsiko...
Ubu ni ubwa mbere Lionel Messi atsinze ibitego bicye cyane muri La Liga amaze gukina kuva mu 2008-2009, nubwo ari we watsinze ibya mbere byinshi uyu mwaka.
Inzu ya nyakwigendera Papa Wemba igiye kugurwa na Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ku madolari 750,000 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Umuco, aho iyi nzu igiye...