skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Intumwa za Zambia zigiye kuza mu Rwanda kubera ibyavuzwe na Sankara

Guverinoma ya Zambia yatangaje ko igiye kohereza intumwa mu Rwanda zizaba zije kugenzura impamvu yaba yaratumye Nsabimana Callixte (Maj. Sankara) ashyira Perezida w’iki gihugu, Edgar Lungu mu...
18 July 2020 Yasuwe: 1409 0

Umugabo wanjye yamfashe ndi Kwikinisha none yampaye igihano ntashobora kwihanganira.Mbigenze nte?

Umugore uri mu kigero cy’imyaka 30 yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite icyigeragezo kimuremereye cyane yatewe n’umugabo we nyuma yo kumugwa gitumo ari kwikinisha.
18 July 2020 Yasuwe: 7204 2

Reba ibyo umuhanga w’umunyarwanda muri Science avuga kuri MUKOROGO birimo no gupfa

Mu Rwanda no mu bihugu bitandukanye by’abirabura hakomeje kuvugwa amavuta afite umwihariko wo gutukuza uyisize uwari igikara agahinduka inzobe ngo hagamije gushaka ubwiza,gusa ngo aya mavuta aafite...
18 July 2020 Yasuwe: 3843 0

Davido yoherereje Wizkid ubutumwa budasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nigeriya, David Adeleke uzwi nka Davido, watsindiye ibihembo byinshi mu ruhando rwa uzika, yaagaragaye ashimagiza umuririmbyi mugenzi we Wizkid kumunsi w’isabukuru ye...
18 July 2020 Yasuwe: 1062 0

Amerika irarimbanyije ikora Misile ya mbere yihuta cyane ku isi ifite umuvuduko ukubye uw’ijwi inshuro 17

Abayobozi ba Pentagon batanze ibisobanuro birambuye kuri misile hypersonic “super duper”, Perezida Donald Trump avuga ko ifite umuvuduko udasanzwe wa Mach 17 (Mach 17 ingana na Miles 12,598.649 mu...
17 July 2020 Yasuwe: 2250 1

Nsabimana Innocent yakoreye ibya mfura mbi umugore we Uwimana Odette amumenaho isafuriya y’ibiryo bishyushye mu mutwe

Kuwa Gatandatu tariki ya 12 Nyakanga 2020, umugabo witwa Nsabimana Innocent utuye mu Murenge wa Muhima w’Akarere ka Nyarugenge, yamennye ibiryo bishyushye bivuye ku ziko ku mutwe w’umugore we...
17 July 2020 Yasuwe: 4319 0

Umugabo Yafashwe ari kwiba yiyambariye imyenda ya polisi y’u Rwanda iriho inyenyeri 2

Mu masaha ya saa munani y’urukerera rw’uyu wa 17 Nyakanga 2020, umujura w’imyaka 19 y’amavuko witwa Nsengiyumva Abassi yafatiwe mu Mudugudu wa Nyabiyenzi, mu Kagari ka Bukora, Umurenge wa Nyamugari...
17 July 2020 Yasuwe: 3615 0

Perezida mushya wa Malawi akigera ku buyobozi yahise asaba abaturage bose gufata iminsi 3 batarya batanywa ashyiraho n’umunsi...

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yasabye abaturage b’igihugu cye kwiyiriza bagasenga basaba Imana ko yabarinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus.
17 July 2020 Yasuwe: 1847 0

Twasambanye rimwe none mpora mwifuza atari umugabo wanjye, Nkore iki? Nimungire inama

Nshuti zanjye , bakuru banjye basaza banjye basomyi b’ikinyamakuru umuryango.rw namwe babyeyi nimungire inama kuko mfite ikibazo kandi nabuze uko nakitwaramo kirangoye cyane bishoboka.
17 July 2020 Yasuwe: 8471 3

Hagaragajwe uburyo Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yihishe inyuma y’ubujura bw’amakuru ku rukingo rwa Coronavirus

Kuri uyu wa 16 Nyakanga 2020, nyuma ya operasiyo yakorwaga n’inzego z’iperereza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Canada yagaragaje ko Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin ari inyuma y’ubujura...
17 July 2020 Yasuwe: 2727 0