skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Uwo nafataga nka musaza wanjye yanteye inda none ntakinyikoza ntashaka no kumvugisha-Mbigenze Nte?

Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 21 yatwandikiye yifuza ko tumugira inama aho afite ikibazo kimukomereye avuga ko atabasha kwigobotoramo wenyine atagiriwe inama n’abandi bantu cyane cyane abasoma...
15 July 2020 Yasuwe: 3084 2

Bobi Wine yongeye anenga uburyo buzakoreshwa mu kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu cya Uganda muri 2021

Umuyobozi w’Ishyaka People Power Movement ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda witwa Robert Kyagulanyi uzwi kwi zina rya Bobi Wine yahamagariye abaturage kwamagana amatora y’umukuru w’igihugu...
15 July 2020 Yasuwe: 684 0

Amafoto y’abagize Wasafi yashyizwe hanze hatarimo Rayvanny yateje ururondogoro

Nyuma y’umwaka umuhanzi Harmonize atandukanye n’inzu itunganya umuziki ya Diamond, WCB yamugize icyamamare, abafana hirya no hino bacitse ururondogoro kubera amafoto y’abagize WCB Diamond yashyize...
15 July 2020 Yasuwe: 1924 0

Diamond yamaze kubona umukunzi mushya bitegura kurushingana

Nyuma y’amezi agera kuri atanu yari amaze atandukanye na Tanasha Donna Oketch banabyaranye umwana w’umuhungu, umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko yamaze kubona umukunzi mushya yifuza no...
15 July 2020 Yasuwe: 6512 1

Maj Joel Babumba umwe mu bayobozi bakuru muri CMI arimo guhigwa bukware

Umwe mu basirikare bakuru bakorera ubuyobozi bw’ubutasi bwa gisirikare muri Uganda (CMI), Maj Joel Babumba, watsinzwe mu rubanza rw’ubwicanyi, arimo guhigwa bukware nyuma y’uko Urukiko rw’Ubujurire...
15 July 2020 Yasuwe: 2059 0

Uwigize Rambo ari guhigwa na polisi mu ishyamba ry’inzitane

Abapolisi bo mu gihugu cy’Ubudage, bashyigikiwe na Kajugujugu barimo guhiga umugabo (usanzwe atagira aho aba) mu ishyamba ryirabura (Black Forest), bivugwa ko yitwaje imbunda, umuheto n’imyambi.
14 July 2020 Yasuwe: 16721 0

Umunyamerikakazi wari umaze amezi 16 afungiwe muri hoteli yo muri Nigeriya yarokowe

Umugore w’umunya Amerika utatangajwe amazina, wari umaze amezi 15 afungiye muri hoteli ku gahato n’umugabo wo muri Nigeriya bahuriye ku mbuga nkoranyambaga yarokowe na polisi.
14 July 2020 Yasuwe: 2665 0

Nditegura kurushinga ariko ntabwo naciye imyeyo, mbigenze nte kweli ko numva ngo bigezweho?

Muraho neza, Nifuzaga kugisha Inama, Ndi umukobwa mfite imyaka 29 mfite n’umukunzi twitegura kurushinga mu kwa gatanu 2015,ariko ikibazo mfite ni kimwe kuko ntabwo naciye imyeyo(gukuna) ,kuko...
14 July 2020 Yasuwe: 2905 0

Miss Teta Sandra nyuma yo kubyarira umuhanzi Weasel,yinjiye no mu marushanwa yo guhatanira kuba umunyamakuru muri Uganda[AMAFOTO]

Miss Teta Sandra yitabiriye amarushanwa yiswe ‘Hot Mic Search’ ahatana n’abasaga 50, akazahabwa igihembo cya miliyoni eshatu z’amashillingi ya Uganda, n’amasezerano y’imyaka ibiri ari umunyamakuru...
14 July 2020 Yasuwe: 2411 0

Reba urutonde rw’abakinnyi 25 beza ba FC Barcelona b’ibihe byose bayobowe na Maradona

Abafana n’abaterankunga b’ikipe ya FC Barcelona batoye umukinnyi mwiza w’ibihe byose mu bakinnyi bose bayinyuzemo, Diego Maradona aba ari we uza imbere mu majwi nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi...
14 July 2020 Yasuwe: 2997 0