Ku munsi wo kwizihiza umunsi mukuru w’ ubwigenge abaturage bo mu Ntara ya Kivu y’ Amajyepfo mu Mujyi wa Bukavu bagaragaye bafite amabendera adasanzwe aho bari bazamuye ibendera ritandukanye bituma...
Icukumbura rya BBC ryabonye ko umuti wa remdesivir uri kwifashishwa mu kuvura Covid-19 mu Buhinde ubu uhenze cyane ku isoko rya magendu aho uri kuboneka honyine.
Icyamamare Dwayne Johnson uzwi cyane nka The Rock, umukinnyi wa filimi akaba icyamamare mu mikino njyarugamba nko gukirana, kuri ubu ni we uyoboye urutonde rw’abinjiza amadorai menshi ku butumwa...
Umuhanzikazi Vanessa Mdee ukomoka mu gihugu cya Tanzania kuri ubu akaba asigaye yibera Atlanta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahakanye ibivugwa ko yahohotewe n’umukunzi we Olurotimi Akinosho...
Abakobwa babiri harimo uwitwa ISIMBI Belinda wahamije ko azwiho kuba ateye neza akanaseka neza kurusha abandi bakobwa bo mu Rwanda ndetse na Rabia washimangiye ko mu Bwiza nta mukobwa wo mu Rwanda...