skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

COVID-19:Umuryango nyarwanda uharanira uburenganzira bwa muntu wishimiye uburyo washoboye kurinda inzara abagenerwabikorwa bawo

Umuryango nyarwanda utari uwa Leta uharanira Uburenganzira bwa Muntu n’Ubuzima ’AMAHORO HUMAN RESPECT ORGANISATION’ uherereye mu karere ka Nyarugenge,Umurenge wa Nyamirambo,Akagari ka...
9 July 2020 Yasuwe: 352 0

Perezida Museveni ntiyifuza guha ubutegetsi umuhungu we

Chairman wa NRM mu gace ko Hagati ya Uganda, Abdul Naduli yatangaje ko ababajwe n’ abavuga ko Perezida Museveni yifuza kuzasimburwa n’ umwana we Gen. Muhoozi Kayinerugaba ku mwanya wa Perezida wa...
9 July 2020 Yasuwe: 3204 0

Abantu 5 batawe muri yombi bazira gutegura umugambi wo gushaka umukobwa w’imyaka 13 bakamushyingira umwe muri bo umukubye imyaka

Muri Kenya haravugwa inkuru y’abantu batanu batawe muri yombi bazira gutegura umugambi wo gushaka umukobwa w’imyaka 13 bakamushyingira umwe muri bo umukubye kabiri mu myaka.
9 July 2020 Yasuwe: 1375 0

Uwari umutoza wungirije mu ikipe ya APR FC yatandukanye na yo

Nyuma yo kunanirwa kumvikana na APR FC ku bijyanye no kuba yakongererwa amasezerano, Dr Nabil Bekroui wari umutoza wungirije muri iyi kipe yatangaje ko agomba gutandukana na yo akava mu Rwanda ubwo...
8 July 2020 Yasuwe: 1987 0

Papa wa Diamond yamusabye gushyira hasi umupira akava mu mikino arimo

Diamond Platnumz yasabwe na se umubyara, Abdul Juma, gushyira hasi umupira akava mu mikino arimo, akareka kwirirwa azenguruka mu bakobwa ahubwo agahitamo uwo yumva amubereye bazabana agashinga...
8 July 2020 Yasuwe: 3654 1

Abarundi bari mu nkambi ya Uvira barenda kwicwa n’inzara

Abarundi bari mu buhingiro muri Congo-Kinshasa mu gace ka Uvira mu nkambi ya Rusenda batangaza ko bamaze amezi atatu badahabwa iposho bigatuma inzara yenda kubahitana.
8 July 2020 Yasuwe: 1321 0

Igihugu cy’u Burundi n’icya Sudani y’Epfo mu nzira yo kwirukanwa mu muryango wa Afrika y’Uburasirazuba ’EAC’

Ibihugu by’Uburundi na Sudani y’Epfo biri mu nzira yo kwirukanwa mu muryango wa Afrika y’Uburasirazuba kubera amadeni y’ umusanzu y’imyaka irenga ibiri ibyo bihugu birimo uwo muryango.
8 July 2020 Yasuwe: 1003 0

Umukobwa w’imyaka 14 yahunze mu rugo ajya kubana n’umusore bahuriye kuri Facebook

Umukobwa w’imyaka 14 utatangajwe amazina, yahunze urugo rw’ababyeyi be muri Nijeriya kugira ngo abane n’umukunzi we, Victory Age, afite imyaka 17 bamenyaniye kuri facebook.
8 July 2020 Yasuwe: 2128 0

Irindi tsinda ry’Abanyarwanda bari bafungiwe muri Uganda barekuwe bashyikirizwa u Rwanda[AMAFOTO]

Irindi tsinda ry’Abanyarwanda 12 bari bafungiwe muri Uganda mu buryo budakurikije amategeko barekuwe bashyikirizwa u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Nyakanga 2020.
8 July 2020 Yasuwe: 806 0

Icyamamarekazi Katie yatunguranye avuga uburyo yifuza ko umwana we yapfa mbere ye

Katrina Amy Alexandra Alexis, umunyamideli akaba n’umunyamakuru mu Bwongereza wamamaye nka Katie Price, na Jordan mu kumurika imideli, avuga ko yifuza ko umwana we Harvey Price yapfa mbere ye...
8 July 2020 Yasuwe: 2529 0