Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zategetse Ubushinwa gufunga ibiro by’ubuhagarariye (consulat/consulate) mu mujyi wa Houston muri leta ya Texas bitarenze ku wa gatanu w’iki cyumweru – icyemezo Ubushinwa...
Mu buzima hari ibintu utapfa kwiyumvisha ko bibaho. Nari mfite imyaka 15 ubwo umukunzi wa mukuru wanjye yansambanyirizaga mu bwogero bw’ akabari ko mu mujyi wa Kigali. Maxime yantwariye ubusugi uwo...
Nibura abana 20 bato bafite hagati y’imyaka 10 na 18, ku wa mbere 20 Nyakanga2020 mu masaha ya saa sita, basanzwe barimo gukora imibonano mpuzabitsina kamera ziri gufata amajwi n’amashusho mu nzu...
Ku wa kabiri tariki ya 21 Nyakanga, abasirikare babiri b’igihugu cyu Burundi biciwe mu ishyamba rya Kibira riherereye muri Komini Mabayi ho mu ntara ya Cibitoke, mu gitero cyagabwe cyakomerekeyemo...
Ikigega cy’imari ku isi (IMF/FMI) cyatangaje ko cyasoneye u Burundi umwenda ungana na miliyoni US$ 7.63 (arenga miliyari 14 z’amarundi) leta yagombaga kwishyura mu mezi atatu ari imbere.
Polisi yo muri Kenya mu gace ka Makueni iri gukora iperereza ku kibazo cy’uko umugabo bivugwa ko yiyahuye igihe yari mu nzu y’umukunzi we ubwo yari amaze kureba umukino wa Man U-Chelsea.
Umusore wigiraga umusazi yafatiwe mu mihanda ya Asaba muri Nijeriya n’abantu bamuzi neza ubwo yageragezaga guhindura imyenda ye hafi aho mu nyubako ituzuye.