skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Gasabo:Umukozi wo mu gikoni yashyizwe ku bahagararira ibizamini bya Leta biteza umwiryane

Umuyobozi w’Ishuri, Groupe Scolaire Musave n’abarimu batanu bamaze koherezwa mu bindi bigo kugira ngo hahoshwe umwuka mubi wari umaze imyaka ibiri muri icyo kigo. Usibye imicungire mibi bapfaga,...
12 February 2020 Yasuwe: 6098 0

Mudandi Frank yakomoje ku mukobwa ureshya igitsina gabo

Umuhanzi Mudandi Frank ubusanzwe witwa Ndamyirokoye François yasohoye indirimbo yitwa “Kabana” ivuga ku mukobwa uba ufite umukunzi akambara imyambaro ireshya abandi basore cyangwa abagabo umukunzi...
12 February 2020 Yasuwe: 1949 0

Ifoto y’umukobwa wabaye ikizungerezi nyamara yari yarishwe n’inzara mu buryo buteye agahinda yaciye ibintu...

Umukobwa uvuka muri Somalia yatangaje benshi mu batuye isi ubwo yashyiraga hanze ifoto imugaragaza akiri muto yenda kwicwa n’inzara ndetse umubiri we wose ari amagufa gusa ndetse imbavu ze ubasha...
12 February 2020 Yasuwe: 18664 1

Nyarugenge:Polisi yarashe umusore ahita apfa

Mu mudugudu wa Rwampala, Akagari ka Rwampala umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge, Polisi yarashe umusore ahita apfa.
12 February 2020 Yasuwe: 4876 0

Muri uku kwezi kwa kabiri hagiye gufungurwa indi Resitora abantu bazajya binjiramo babanje gukuramo imyenda yabo yose...

Ni inkuru idasanzwe ku bantu batuye ibice bitandukanye by’isi, kubera imico yabo itabemerera kujya ku mugaragaro bambaye ubusa, ariko nanone iyi ni inkuru isanzwe ku baturage bo muri Switzerland...
11 February 2020 Yasuwe: 7463 1

Inzige zageze muri Uganda none Leta yashyizeho abasirikare 2000 bo guhangana n’ibitero byazo mugihe abaturage bo bazibonyemo...

Abayobozi bo muri Uganda batangaje ko inzige zo mu butayu zageze muri iki gihugu ku cyumweru ubu zimaze gukwira mu turere tubiri twa Uganda, leta yashyizeho abasirikari 2000 bo kuzihiga,...
11 February 2020 Yasuwe: 5676 0

Wa musekirite w’umugore wahutajwe na Evode Uwizeyimana yavuze uburyo yikubise hasi abura umwuka n’uko yamenyeko umukozeho ari...

Umusekirite witwa Mukamana Olive yasobanuye uko byagenze ubwo yahutazwaga n’Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, Me Evode Uwizeyimana bigakurura impaka ku mbuga...
11 February 2020 Yasuwe: 8372 0

Bisi ya Trinity itwara abagenzi hagati y’u Rwanda na Uganda yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka[AMAFOTO]

Imodoka itwara abagenzi ya Trinity Express, hagati y’ibuhugu by’u Rwanda na Uganda, yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka, aho iyi nkongi yayifatiye muri...
11 February 2020 Yasuwe: 6535 0

Donald Trump yahishuriye mugenzi we Perezida w’Ubushinwa igihe icyorezo cya Coronavirus kizacikira ku...

Perezida wa Leta zuzne ubumwe za Amerika Donald Trump,yavuze ko icyorezo cya Caronavirus gikomeje guhangayikisha Isi, kidashobora kurenza mu kwezi kwa kane kikigira aho cyumvikana mu bihugu...
11 February 2020 Yasuwe: 9777 0

Abitabiriye inama ya AU babanza gusuzumwa icyorezo cya Coronavirus

Abantu batandukanye bitabiriye inama ya Afurika yunze Ubumwe (AU) irimo kubera i Addis Ababa muri Ethiopia barasuzumwa icyorezo cya Coronavirus gikomeje kuvugwa hirya no hino ku isi ariko cyane...
11 February 2020 Yasuwe: 641 0
0 | ... | 2630 | 2640 | 2650 | 2660 | 2670 | 2680 | 2690 | 2700 | 2710 | ... | 7410