Abarundi n’Abanyarwanda bari mu bibasiwe n’ibikorwa by’urugomo ku banyamahanga biri muri Malawi nk’uko umwe mu bamaze kujya mu nkambi y’impunzi ahunga ibi bikorwa...
Minisiteri y’ubuzima ya Uganda yatangaje ko abantu barenga 100 bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe bavuye mu Bushinwa bashyizwe mu kato mu gihe cy’iminsi...
Ibya Diamond n’umugore uherutse ku mubyarira bisa nk’ibitari mu bihe byiza dore ko umwe mubakurikirwa cyane kuri instagram muri Tanzania yashyize hanze amashusho ya Diamond na Mobetto mu modoka...
Umupolisi ukora akazi ko kurinda uwahoze ari umuyobozi mu Bwongereza, uzwi nka David Cameron, yahagaritswe nyuma yo kwibagirira imbunda mu bwiherero bw’indege.
Perezida wa Malawi, Peter Mutharika yavuze ko agiye kujuririra icyemezo cyafashwe n’urukiko, cyo gutesha agaciro ibyavuye mu matora ya Perezida yabaye muri Gicurasi umwaka...