skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Congo mu mushinga wa gari ya moshi izanyura i Kigali-Rubavu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yinjiye mu mushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi uzayihuza n’u Rwanda na Tanzania, unyuze mu Karere ka...
5 February 2020 Yasuwe: 3401 1

Urutonde rushya rw’ibihugu 10 byo muri Afurika bifite igisirikare gikomeye ruriho igihugu kimwe cyo mu karere ka...

Iyo tuvuze imbaraga za gisirikare ku rwego rw’isi, humvikana igihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Uburusiya ndetse n’Ubushinwa,uyu munsi twabatoranyirije ibihugu 10 bifite igisirikare gikomeye...
5 February 2020 Yasuwe: 28267 4

Amakarita ya MTN mu Rwanda yakuwe ku isoko

Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko guhera tariki 15 Gashyantare 2020 itazongera kugurisha amainite yayo hakoreshejwe uburyo bw’amakarita. Uwaguraga iyi karita byamusabaga kuyishishura...
5 February 2020 Yasuwe: 4030 0

FDLR yongeye yica abantu 24 muri Kivu y’amajyaruguru babicishije intwaro gakondo zirimo imihoro

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko abantu 24 bivugwa ko ari abo mu miryango ya NCD/Renove bishwe n’umutwe w’inyeshyamba za FDRL ifatanyije na Nyatura yombi...
5 February 2020 Yasuwe: 1972 0

Umutwe w’iterabwoba wa Al-shabab wigambye igitero cyaguyemo abasirikare 4 b’u Burundi

Umutwe w’iterabwoba wa Al-shabab wigambye igitero ku ngabo z’umuryango w’ubumwe bwa Afurika ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia uvuga ko cyaguyemo abasirikare bane b’u...
5 February 2020 Yasuwe: 1319 1

Umuhanzikazi wo muri Uganda ’Jackie Chandiru’ wakunzwe cyane yongeye agaruka ib’umuntu nyuma yo kuba imbata y’ibiyobyabwenge...

Umuhanzi Jackie Chandiru wakunzwe cyane mu Rwanda mu ndirimbo ‘Take It Off’ yakoranye na Urban Boyz, umaze igihe mu Bitaro azira gukoresha ibiyobyabwenge bikaze nyuma yo gutora urutege yasabye...
5 February 2020 Yasuwe: 4393 0

Umupasiteri wo muri Afurika yatse Icyacumi n’amaturo umuryango wa Kobe Bryant kugira ngo amuzure n’umukobwa we nyuma yo kubanza...

Inkuru yanditswe na Standard Media ivuga ko ari umuhanuzi witwa Nigel Giasie yabwiye iteraniro yari ari kwigishamo ko yazura umunyabigwi Kobe Bryant wamamaye muri NBA ndetse yabisabwe n’Imana na...
5 February 2020 Yasuwe: 2479 0

Mushiki wa Diamond yavuze ku byavuzwe ko Tanasha atari gucana uwaka na nyirabukwe ’Mama wa Diamond...

Mu gihugu cya Tanzania hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga havugwa inkuru y’uko umukunzi wa Diamond Platnumz Tanasha Donna Oketch ko atari gucana uwaka na nyirabukwe (Nyina wa Diamond Platnumz)...
4 February 2020 Yasuwe: 3179 1

Abanyeshuri 14 muri Kenya bapfiriye mu mubyigano wabereye ku kigo cyabo abandi 20 bajyanwa mu bitaro

Mu gihugu cya Kenya ahitwa Kakamega, abanyeshuri 14 bigaga mu mashuri abanza bapfiriye mu mubyigano wabereye ku ishuri ryabo ariko kugeza ubu hakaba hataramenyekana...
4 February 2020 Yasuwe: 2177 0

P-Fla yeruye ahishura icyamuteraga gutukana na mugenzi we Jay Polly

Umuraperi P Fla ukunzwe na benshi bakunda injyana ya Hip-hop yagarutse ku ntandaro y’amakimbirane yahoze yumvikana hagati ye na mugenzi we Jay Polly, avuga ko akenshi yaterwaga n’uko buri wese...
4 February 2020 Yasuwe: 2333 0
0 | ... | 2670 | 2680 | 2690 | 2700 | 2710 | 2720 | 2730 | 2740 | 2750 | ... | 7410