skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Young Grace yahishuye igitsina cy’umwana atwite n’izina azamwita

Nyuma y’amakuru amaze iminsi acicikana avuga ko umuraperikazi w’Umunyarwanda Young Grace atwite, yemeje ko ibivugwa ko ari byo ndetse anaboneraho umwanya wo gutangaza izina rimuri ku mutima...
17 March 2019 Yasuwe: 6455 0

Ukekwaho kwica umuvugizi w’ishyaka rya Ingabire Victoire yatawe muri yombi

Nyakwigendera Anselme Mutuyimana Urwego rw’ Igihugu rw’ Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umuntu umwe ukekwaho kwica Anselme Mutuyimana wari umuvugizi w’ Ishyaka FDU-Inkingi rya...
16 March 2019 Yasuwe: 5375 0

Abakozi 2 b’Akarere ka Ruhango batawe muri yombi

Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abakozi babiri mu biro by’Ubutaka mu karere ka Ruhango bakekwaho kwiba mudasobwa zo mu bwoko bwa laptop kugira ngo bakorwego iperereza.
16 March 2019 Yasuwe: 2630 2

Abanyeshuri 12 b’Abanyarwanda banze gutaha nyuma y’ifungwa ry’ikigo bigagamo muri Uganda

Abanyeshuri 12 b’Abanyarwanda banze kuva muri Uganda nyuma y’uko ikigo bari basanzwe bigamo cya Kigezi ( Kigezi High School) muri Uganda gifunzwe, mu gihe abandi baturuka hirya no hino bamaze...
16 March 2019 Yasuwe: 4906 0

Ibi nibyo bimenyetso simusiga bigaragaza uburyo Perezida Museveni akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC

Perezida wa Uganda akunze kwigira nyoninyinshi iyo abajijwe ku bijyanye n’uburyo akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC, agashaka kwerekana ko bamwe mu buyobozi bwe ari bo bari...
16 March 2019 Yasuwe: 9108 4

Ishyaka Green Party ryamaganye kumugaragaro iyicwa ry’umunyapolitiki wari Umuvugizi w’Ishyaka rya Ingabire Victoire ’FDU INKINGI’

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo kuwa 14 Werurwe 2019 Bwana Depite Dr. Frank Habineza uhagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of...
16 March 2019 Yasuwe: 3228 1

Gakenke:Umupasiteri wo muri ADEPR yiyahuye kubera umwenda w’amafaranga yararimo

Pasiteri wo mu itorero rya ADEPR wari utuye mu Murenge wa Ruli, Akarere ka Gakenke witwa Twagiramungu Ezechiel, yiyahuye bikekwa ko yakoresheje umuti wica uburondwe.
16 March 2019 Yasuwe: 3259 0

Mu mafoto reba uburanga bw’inkumi yatwaye umutima w’umuhanzi nyarwanda Yverry[AMAFOTO]

Umuhanzi Rugamba Yves wamenyekanye ku mazina y’ubuhanzi nka Yverry kuwa gatatu tariki 13 Werurwe yasanzwe n’amarangamutima maze ashyira ahagaragara amafoto y’umukunzi we.
16 March 2019 Yasuwe: 8837 0

Umugore wa Michael Jackson yatunguranye ahishura uburyo atigeze aryamana nawe na rimwe[AMAFOTO]

Debbie Rowe, umugore wa kabiri wa nyakwigendera Michael Jackson yatangaje ko atigeze aryamana n’ umugabo we wari icyamamare mu njyana ya Pop nubwo babyaranye abana babiri.
16 March 2019 Yasuwe: 6444 1

Platini wo muri Dream Boys yeruye maze asubiza Knowless na Tom Close bamusabye kurongora

PLatini yabwiye Knowless na Tom Close ko ibyo bamwifuriza ari ibyiza gusa ababwira ko ari ibintu byo kwitondera kuko kubaka urugo ari icyemezo cy’ubuzima bwe bwose.
16 March 2019 Yasuwe: 3900 0