skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Zari yibasiwe bikomeye nyuma yo kongera gushyira hanze amafoto yambaye ikariso gusa agaragaza Tattoo yishyize ku kibuno[AMAFOTO]

Zari yashyize hanze amafoto ye hanze yambaye umwambaro wa Bikini maze abamukurikira bamwibutsa ko ari umubyeyi w’abana bakuru adakwiriye kwifotoza ayo mafoto ngo ayasakaze hanze.
12 March 2019 Yasuwe: 8338 1

Umusore w’umunyarwanda yasenze isengesho ririmo 666 umubare w’ikimenyetso cyo kwa Satani maze aruka imisumari...

Umugabo witwa Niyitunga Saïdi yatunguye abantu mu mpera z’ icyumweru gishize ubwo yagaragaraga mu ruhame aruka imisumari n’ urufunguzo, akasenga isengesho ririmo 666, umubare bivugwa ko ari...
12 March 2019 Yasuwe: 4707 1

Amag The Black yahishuye uburyo yagambaniwe n’umuhanzi mugenzi we agakurwa mu ndirimbo ya Zizou atabizi[AMAFOTO]

Amag The Black umwe mu baraperi bahagaze neza muri iyi minsi muri muzika Nyarwanda , uyu mugabo yahishuye ko yakuwe mu ndirimbo ya Zizou Alpacino yitwa “Wimfatanya n’isi”.
12 March 2019 Yasuwe: 2140 0

Umuhanzi wo muri Uganda yagejeje Perezida Museveni mu Butabera

Richard Kawesa, Umuhanzi w’Umunya-Uganda akaba n’umwanditsi w’indirimbo, yamaze kurega Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu rukiko rw’ubucuruzi amushinja kumwibira indirimbo(kuyiyitirira).
12 March 2019 Yasuwe: 3531 0

Abanya Africa y’Epfo biganjemo n’abagore biriwe mu mihanda bambaye ubusa bizihiza umunsi wahariwe abambaye ubusa[AMAFOTO]

Abanya Africa y’Epfo amagana n’amagana biriwe mu mihanda batwaye amagare bambaye ubusa mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe abambaye ubusa batwaye amagare.
11 March 2019 Yasuwe: 3541 0

Young Grace witegura kubyarana na Pique yashyize hanze ifoto ahetse umwana yibaza niba bizamubera

Young Grace witegura kwibaruka imfuraye nkuko byamaze kujya ahagaragara mu mpera z’iki Cyumweru, yatangaje ko afite ikibazo kimuhangayikishije nyuma yo kwibaruka.
11 March 2019 Yasuwe: 6615 1

KIREHE:Reba uburyo imvura idasanzwe yari yiganjemo urubura n’umuyaga yasize iheruheru abaturage[AMAFOTO]

Imvura idasanzwe yiganjemo umuyaga mwinshi yahemuye abaturage batuye Umurenge wa Nyarubuye mu karere ka Kirehe aho yasenye amazu arenga 121, yica amatungo ndetse abagera kuri bane nabo barakomereka.
11 March 2019 Yasuwe: 4826 1

Igishushanyo cy’inyamaswa ’Tattoo’ ShaddyBoo yishyizeho cyateye abantu kwibaza byinshi[AMAFOTO]

Ubwo abantu benshi bitabiraga igikorwa cyo koza imodoka kigamije gufasha D’Amour Selemani ufite uburwayi bw’impyiko, ShaddyBoo yerekanye Tattoo itangaje ifite ikimenyetso cy’igisimba yishyize mu...
11 March 2019 Yasuwe: 6003 0

Reba amafoto agaragaza ya mpanuka y’indege yahitanye abantu bagera ku 157 barimo n’umunyarwanda umwe[AMAFOTO]

Urutonde rugaragaza ubwenegihugu bw’ abari mu ndege ya Ethiopian Airlines yakoze impanuka igashya ubwo yerekezaga muri Kenya, hariho Umunyarwanda 1, Kenya nicyo gihugu cyari gifitemo abagenzi...
11 March 2019 Yasuwe: 8291 0

Perezida Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu.
11 March 2019 Yasuwe: 523 1