Amag The Black umwe mu baraperi bahagaze neza muri iyi minsi muri muzika Nyarwanda , uyu mugabo yahishuye ko yakuwe mu ndirimbo ya Zizou Alpacino yitwa “Wimfatanya n’isi”.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yihanganishije imiryango yaburiye abayo mu mpanuka y’indege ya Kompanyi y’indege ya Ethiopian Airlines. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu.