Ifoto@Internet
Mu gihe ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kampala bwemeje ko ibirori byo kwambara amakanzu ku banyeshuri bayirangirijemo, bizaba ejo kuwa Kane taliki ya 7 Werurwe 2019, Abanyeshuri bo muri...
Nyinawumuntu Grace yabaye umutoza wa mbere w’umugore ubigize umwuga mu 2008 nyuma yo kubona ibyangombwa birimo impamyabushobozi yo ku rwego rwa B yavanye mu mu Budage. Yaje no gutoza ikipe ikipe...
Zari Hassan uhamya ko ari umugore wirwanyeho yishongoye kuri Diamond Platnumz wahoze ari umukunzi we, avuga ko ku rwego agezemo uyu muhanzi atakiri mu bo yasekera ngo abakunde.
Uwahoze ari umugore wa Diamond Platnumz uzwi ku izina rya Zari The Boss Lady, nyuma yo gutandukana n’uyu muhanzi, agaragaza ko atiyumvisha neza icyatumye ashudika nawe bakageraho babana nk’umugore...