Umuraperikazi Oda Paccy uri mu bakobwa bakunzwe mu Rwanda ,ni umwe mu bahanzikazi bakundanye n’abasore bacye, yerekanye impano yahawe n’umudore basigaye bakundana.
Umuhanzikazi Ingabire Marina Deborah,wamenyekanye ku izina rya Marina mu ruhando rw’umuziki Nyarwanda, yibasiye mugenzi we Butera Knowless nyuma y’uko aherutse gukurwa ku rubyiniro i Musanze...
Kugeza ubu nubwo Kim Jong-un aheruka guhura na Perezida Donald Trump mu minsi ishize I Hanoi muri Vietnam hari amashusho yafashwe agaraza ko koreya ya ruguru yaba iri kuvugurura aho isuzumira...
Dennis Nsanzamahoro uzwi muri filime nyarwanda ku kazina ka Rwasa agiye kugaragara muri filime iri gukonwa ku gitabo cya Gaël Faye yise “Petit Pays” aho azaba akina ari umusikare.
Umusore wo muri Uganda witwa Mark Muyinda Mpanga, utuye muri USA muri Leta ya Las Vegas yakoze agashya, yakodesheje indege ku munsi yashakaga gutereraho ivi ngo asabe umukunzi we ko yazamubera...
Umubyeyi wa Diamond, Abdul Jumaa arembejwe bikomeye n’uburwayi budasanzwe bwamufashe buhereye ku birenge butangira gukwirakwira umubiri wose, abaganga bavuga ko umwanzuro ari ukumuca amaguru.
Abaturage batanu bo mu Mudugudu w’Isangano, Akagari ka Rukoko, Umurenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu bari mu maboko ya Polisi y’igihugu bazira kwigomeka bakigaragambiriza urupfu rwa bagenzi...
Hari amakuru yemeza ko ikompanyi yitwa Crystal Event yari yatumiye Meddy mu bitaramo yari gukorera i Burundi bagiye kumujyana mu nkiko kubera ko bamwishyuje amafaranga bari bamuhaye ntayabahe.