skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Reba impano Oda Paccy yahawe n’umukunzi we mushya n’igihe azakorera ubukwe

Umuraperikazi Oda Paccy uri mu bakobwa bakunzwe mu Rwanda ,ni umwe mu bahanzikazi bakundanye n’abasore bacye, yerekanye impano yahawe n’umudore basigaye bakundana.
7 March 2019 Yasuwe: 7615 1

Marina nyuma yo kuvuga ko ishyari ariryo ryatumye Clement amukura igitaraganya ku rubyiniro yibasiye bikomeye na Butera Knowless

Umuhanzikazi Ingabire Marina Deborah,wamenyekanye ku izina rya Marina mu ruhando rw’umuziki Nyarwanda, yibasiye mugenzi we Butera Knowless nyuma y’uko aherutse gukurwa ku rubyiniro i Musanze...
7 March 2019 Yasuwe: 7205 2

Meddy ngo ntazishyura akayabo k’amamiliyoni ashinjwa kuba yarambuye Kompanyi yo mu Rwanda

Ngabo Médard Jobert [Meddy] arashinjwa kutishyura umwenda remezo ungana n’amadorali ibihumbi 10 (asaga miliyoni icyenda z’Amafaranga y’u Rwanda) yahawe n’ikompanyi yitwa KAGI RWANDA Ltd ngo...
7 March 2019 Yasuwe: 3017 0

Kizza Besigye yasobanuye mu buryo burambuye imvo n’imvano y’amakimbirane ari hagati y’U Rwanda na Uganda

Mu kiganiro n’abanyamakuru , umukuru w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Kizza Besigye asobanura mu buryo burambuye imvo n’imvano y’amakimbirane ari hagati y’U Rwanda na Uganda.
7 March 2019 Yasuwe: 14098 4

Amashusho yafashwe n’Icyogajuru yagaragaje ko Koreya ya Ruguru iri kuvugurura aho isuzumira ibitwaro bya kirimbuzi[AMAFOTO]

Kugeza ubu nubwo Kim Jong-un aheruka guhura na Perezida Donald Trump mu minsi ishize I Hanoi muri Vietnam hari amashusho yafashwe agaraza ko koreya ya ruguru yaba iri kuvugurura aho isuzumira...
6 March 2019 Yasuwe: 1838 1

Mu mafoto reba Rwasa uzwi muri Filime nyarwanda mu ifatwa ry’amashusho ya Filime iri gukorwa yiswe Petit Pays aho azaba akina...

Dennis Nsanzamahoro uzwi muri filime nyarwanda ku kazina ka Rwasa agiye kugaragara muri filime iri gukonwa ku gitabo cya Gaël Faye yise “Petit Pays” aho azaba akina ari umusikare.
6 March 2019 Yasuwe: 5600 0

Umusore w’Umugande yatunguye umukunzi we akodesha indege ubwo yateraga ivi amusaba ko yazamubera umugore[AMAFOTO]

Umusore wo muri Uganda witwa Mark Muyinda Mpanga, utuye muri USA muri Leta ya Las Vegas yakoze agashya, yakodesheje indege ku munsi yashakaga gutereraho ivi ngo asabe umukunzi we ko yazamubera...
6 March 2019 Yasuwe: 3686 1

Mushiki wa Diamond yiyemeje gufasha Papa wabo ugiye gucibwa amaguru

Umubyeyi wa Diamond, Abdul Jumaa arembejwe bikomeye n’uburwayi budasanzwe bwamufashe buhereye ku birenge butangira gukwirakwira umubiri wose, abaganga bavuga ko umwanzuro ari ukumuca amaguru.
6 March 2019 Yasuwe: 4455 0

Rubavu:Abaturage 5 bafunzwe bazira kwigaragambiriza urupfu rwa bagenzi babo barashwe bagerageza kwinjiza magendu

Abaturage batanu bo mu Mudugudu w’Isangano, Akagari ka Rukoko, Umurenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu bari mu maboko ya Polisi y’igihugu bazira kwigomeka bakigaragambiriza urupfu rwa bagenzi...
6 March 2019 Yasuwe: 3695 1

Kampanyi ya Crystal Event yo mu Burundi nayo igiye kujyana umuhanzi nyarwanda Meddy mu Nkiko

Hari amakuru yemeza ko ikompanyi yitwa Crystal Event yari yatumiye Meddy mu bitaramo yari gukorera i Burundi bagiye kumujyana mu nkiko kubera ko bamwishyuje amafaranga bari bamuhaye ntayabahe.
6 March 2019 Yasuwe: 1862 1