Miss Vanessa yavuze ko amaze igihe kingana n’umwaka n’igice ari mu rukundo n’umusore wasimbuye Olivis ndetse ko yiteguye kumugaragaraza mbere yuko uyu mwaka wa 2019 urangira.
Abandi Banyarwanda batatu binjiye muri Uganda bafite ibyangombwa byabo baburiwe irengero ubwo bari mu masenegsho yari yateguwe na Pasiteri Robert Kayanja.
Perezida Kagame ubwo yatangizaga umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu, uri kuba ku nshuro ya 16, i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Umukuru w’Igihugu yasobanuye neza ipfundo ry’ibibazo Abanyarwanda...
Umuraperi Young Grace umaze iminsi mu munyenga w’urukundo kuri ubu ashobora kuba atwite inda nkuru, nkuko yamaze guca amarenga ko yaba yiteguye kwibaruka imfura ye na Pique.
Tom Close yabwiye umugore we amagambo yakoze benshi ku mutima, kuri uyu wa Gatanu tariki 08 Werurwe 2019 ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore.
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko abirirwa bavuga ko bashaka kurwana ntacyo bashobora kugeraho, ko icyo bakora gusa ari ukwirirwa bavuga ku mbuga...
Mbabazi Shadia wubatse izina nka Shaddy Boo kumbuga nkoranyambaga kubera amafoto n’amashusho (Video) ashyira ho abantu benshi hari uko bamubona hari n’abadatinya kuvuga ko ari ’Slay Queen’,...