Ubwo Marina yaririmbaga mu gitaramo giherekeza Tour du Rwanda cyabereye i Musanze , yagaragaje imyitwarire idakwiye bituma akurwa ku rubyiniro igitaraganya ndetse ntiyanaririmba mu gitaramo...
Nyuma y’iminsi mike hagaragaye ko urujya n’uruza rw’abaturage bakorera ingendo mu Rwanda na Uganda rwagabanutse bitewe n’ifungwa ry’umupaka uhuza ibi bihugu byombi,Minisitiri w’Intebe wa Uganda,...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Uwigeze kuba Miss wa Tanzania Wema Sepetu ubu wamamaye cyane muri Sinema, yatangaje ko amaze Igihe kingana n’amezi atanadatu atagira umukunzi ndetse nta n’imibonano mpuza bitsina akoranye n’umugabo...