skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Dore icyo QueenCha yasubije Anita Pendo wavuze ko abishya imyidagaduro yo mu Rwanda bikagera naho bamutwara umugabo...

Ubu hari ibyamamare byinshi bitandukanye hano mu Rwanda byagiye bitandukana n’abakunzi babo ku buryo bwatunguranye, aha harimo umukobwa wigaruriye imitima ya benshi muri muzika Queen Cha...
28 February 2019 Yasuwe: 10220 0

Young Grace aritegura gukora ubukwe vuba

Umuhanzikazi mu njyana ya Hip Hop na Rnb Young Grace yijeje abantu bamukurikira ko ubukwe bwe n’umusore uherutse kumwambika impeta bwegereje.
27 February 2019 Yasuwe: 3377 0

Ese ni gute washimisha umukunzi wawe?

Burya gutungura umukunzi wawe( Surprise) yaba ku muhungu cyangwa umukobwa ni muri bimwe bituma urukundo rwanyu rugenda rukura kandi mukagenda hagati yanyu mwizerana.
27 February 2019 Yasuwe: 17991 1

Menya iby’urukundo ruri kuvugwa hagati ya Seburikoko na Antoinette uzwi nka Intare y’Ingore

Uwamahoro Antoinette ni umugore w’abana batatu n’umugabo umwe. Yavutse ku wa 25 Ukuboza 1975 avukira mu mujyi wa Kigali. Ni imfura mu muryango w’abana 7 kuri ubu akaba atuye mu karere ka Nyarugenge...
27 February 2019 Yasuwe: 8746 1

Mayanja umusore w’inshuti y’uwahoze ari umugabo wa Zari ari nawe yasimbuje Diamond ntakozwa ibyo kurera abana 5 afite[AMAFOTO]

Ni nyuma yaho havuzwe urukondo rudasanzwe hagati ya Zari n’umugabo witwa Muyanja aho ngo hari ibisa no kutumvikana kubana nk’umugore n’umugabo kubera Zari afite abana benshi bagera kuri batanu.
27 February 2019 Yasuwe: 5410 0

Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong-Un yafotowe ari gutumura agatabi habura amasaha make ngo ahure na Trump akasigaye mushiki...

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yafotowe ari gutumura agatabi habura amasaha make ngo ahure na Donald Trump uyobora leta zunze ubumwe za Amerika.
27 February 2019 Yasuwe: 3780 0

Ikigo gishinzwe gushyingura abitabye Imana muri Afurika y’Epfo kigiye kujyana mu nkiko wa Mupasiteri wazuye umuntu yari...

Ikigo gishinzwe gushyingura abitabye Imana muri Afurika y’Epfo cyatangaje ko batazihanganira umupasiteri wigize umuhanuzi ngo agatangaza ko yazuye uwari wapfuye.
27 February 2019 Yasuwe: 5642 0

Anita Pendo yakoze urutonde rw’ibyamamare/kazi nyarwanda bibishya imyidagaduro byiganjemo abakinnyi b’umupira,abakinnyi ba...

Umunyamakuru,Umushyushyarugamba akaba n’UmuDj Anita Pendo utajya wiburira yakoze urutonde rw’ibyamama/kazi nyarwanda 13 bibishya imyidagaduro mu Rwanda.
27 February 2019 Yasuwe: 17780 9

Harmonize yatandukanye na wa mukobwa w’ikizungerezi bakundanaga wo muri Amerika baherutse no kuzana i Kigali none arifuza undi...

Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi nka Harmonize ni umwe mu bahanzi bakunzwe muri iyi minsi mu gihugu cya Tanzania ndetse no mu Karere ka Afurika y’uburengerazuba by’umwihariko.
26 February 2019 Yasuwe: 4875 0

Bamwe mu bo bafungiye insengero i Kigali bari kuvumba iz’abandi

Zimwe mu nsengero zafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa ba nyirazo batangiye kujya bajya kuvumba aho basengera.
26 February 2019 Yasuwe: 1109 0