skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mushiki wa Diamond yagize icyo amusaba gukorera Papa wabo

Mu gihe hakomeje kumvikana ko se w’umuhanzi Diamond Platnumz atabayeho neza ndetse ko amaze igihe akubitanye n’uburwayi bwo kubyimba amaguru akabura ubufasha buturutse ku muhungu we, umwe mu bagore...
19 February 2019 Yasuwe: 4484 3

Koffi Olomide wasambanyije ababyinnyi be ku ngufu agafatira n’ibyangombwa byabo yasabiwe gufungwa imyaka 7 n’urukiko rwo mu...

Koffi Olomide, umuhanzi wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo wamamaye mu njyana ya rumba, ushinjwa gusambanya ku ngufu bane mu bahoze ari ababyinyi be yasabiwe gufungwa imyaka irindwi.
19 February 2019 Yasuwe: 1225 0

Miss Mwiseneza Josiane yatangaje akarere agiye gutangirizamo umushinga we afatanyije n’ibyamamare bitandukanye mu gusetsa[AMAFOTO]

Miss Mwiseneza Josiane wamamaye kurusha abandi muri 2019, agiye gutangiza ibikorwa bye byo kurwanya Igwingira ry’abana aho azabitangirira mu Karere ka Rwamagana afatanyije n’abanyarwenya bakunzwe...
18 February 2019 Yasuwe: 4369 2

Perezida Kagame yahishuye ko intandaro y’ibibazo biri hagati y’umubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu mubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda bakorera .
18 February 2019 Yasuwe: 4810 2

Mu birori byari binogeye ijisho umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa yasabye anakwa Isimbi[AMAFOTO]

Mike Karangwa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro hano mu Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne bitegura ku rushinga .
18 February 2019 Yasuwe: 4338 1

Amafoto Yaciye Ibintu:Vladmir Putin Perezida w’Uburusiya yeretse Trump ko ashoboye akubita abantu 10 muri Karate avunika...

Amafoto yatangaje benshi cyane aho perezida w’igihugu cy’Uburusiya, Vladmir Putin yagaragaye ari gukubitagura abantu bari kwiga karate mu mujyi wa Sochi , bigatungura benshi bamucyekaga ko...
18 February 2019 Yasuwe: 5787 1

Diamond yatewe utwatsi ku cyifuzo yagejeje kuri Leta ya Tanzania

Diamond Platnumz ni umwe mu bahanzi bamaze kwigarurira imitima ya Benshi muri Afurika ku ruhando rwa muzika, uho usanga akundwa n’abatari bake muri buri gihugu cy’Afurika bikaba akarusho mu gihugu...
18 February 2019 Yasuwe: 3063 0

Imodoka ya Trinity yaritwaye abagenzi iva Kampala yerekeza i kigali yakoze impanuka ikomeye[AMAFOTO]

Nk’uko byemezwa na SSP Ndushabandi Jean Marie Vianney, Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, avuga ko imodoka yo mu bwoko bwa Trinity yavaga Kampala yerekeza...
17 February 2019 Yasuwe: 6017 0

Reba uburanga bw’umukobwa uri kuvugwaho gukundana n’umunyarwenya Rutura ’Nkusi Arthur’[AMAFOTO]

Mu minsi ishize umunyarwenya akaba n’umunyamakuru Arthur Nkusi aherutse gushyira ahagaragara ifoto ari kumwe n’umukobwa utarahise amenyekana izina neza kubera ifoto itagaragaraga neza.
17 February 2019 Yasuwe: 10407 1

Miss Channel yavuze indirimbo 3 zamugize uwo ariwe ubu n’uburyo yahisemo kuzajya akora umuziki

Umuhanzikazi NIRERE Channel uzwi nka Miss Channel ku mazina y’ubuhanzi yavuze ko Indirimbo NDAROTA, NGUKUNDA BYAHEBUJE ndetse na NAKUTAKA arizo ndirimbo zamuzamuye ku rwego rukomeye.
17 February 2019 Yasuwe: 2649 0