skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Nyuma ya Mutesi Jolly wavuze ko Camera zimufotora arizo zituma agaragara nk’uwisize MUKOROGO Oda Paccy nawe yasobanuye...

Umuraperikazi Oda Paccy yamaze amatsiko abakunzi be batandukanye bamaze igihe kinini bagereranya amafoto ye ya kera n’ayubu, bikavamo intandaro yo kumushinja ko yaba akoresha amavuta atukuza bita...
14 February 2019 Yasuwe: 3743 2

Polisi yigabye mu rugo rwa Chris Brown kubera ubutumwa yari amaze gushyira kuri instagram

Ubuzima bw’ibyamamare buba buhenze cyane , baba bashaka kubaho nk’aho batazwi mu miturire yabo mu rwego rwo kwiha umutekano usesuye,Polisi yo mu Mujyi wa Los Angeles yagiye mu rugo rw’umuhanzi...
13 February 2019 Yasuwe: 3385 0

Cote d’Ivoire:Umusanza w’imyaka 75 agiye kurongora akana k’imyaka 16 avuga ko ariwe yari ategereje kugira ngo amubere igisubizo...

Jean Pierre,Umusanza w’imyaka 75 agiye kurongora akana k’imyaka 16 kubera amafaranga menshi yibitseho
13 February 2019 Yasuwe: 5733 1

Menya byinshi kuri Samusure wize amashuri atatu abanza gusa akaba n’umukozi wo mu rugo aho yishimira ibyo amaze kugeraho

Kalisa Ernest uzwi nka Samusure cyangwa Rulinda nk’amazina yamamayeho muri sinema nyarwanda, ni umunyempano ukomeye kuko ari n’umuririmbyi, umucuranzi, umushyushyarugamba, umunyarwenya akaba...
13 February 2019 Yasuwe: 5375 0

Meghan umugore w’igikomangoma Harry yagaragaye mu ruhame akuriwe yambaye imyenda ihagaze akayabo k’amafaranga y’u Rwanda[AMAFOTO]

Igikomangoma Henry Harry na Meghan Markle bamaze hafi amezi umunani bakoze ubukwe, ubu baritegura kwibaruka imfura yabo. Meghan si kenshi akunze kugaragara mu ruhame nyuma yuko arushinze...
13 February 2019 Yasuwe: 7413 3

Itondere umukobwa mukundana niba akubwira ibi binyoma

Mugabo, namaze kubona ko buri muntu wese uje mu buzima bwawe atabugumamo burundu, hari uza akubwira ibi binyoma gusa kugirango ashengure umutima wawe usanzwe woroshye.
13 February 2019 Yasuwe: 6987 1

Ibi ni ibyiza byo gukundana n’umukobwa wabyariye iwabo

Abasore bamwe na bamwe baba bumva kuba bakundana n’umukobwa wabyariye iwabo ari igisebo ariko tugiye kurebera hamwe ibyiza byo gukundana nawe ndetse no gushingana urugo nawe.
13 February 2019 Yasuwe: 6501 1

Aya ni amwe mu magambo yuje ubwenge yerekeranye n’ubuzima yasigaye ari umurage mwiza wasigiwe abatuye isi

Isi ituwe n’abantu banyuranye ndetse bagiye bafite impano zinyuranye. Muri bo harimo abagiye bavuga amagambo yuje ubwenge n’ubuhanga ku buryo ageraho agafatwa nk’ihame mu buzima bwa buri munsi...
12 February 2019 Yasuwe: 18741 4

Musenyeri Eulade Rudahunga wari Umupadiri ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana

Musenyeri Eulade Rudahunga wari Umupadiri ukuze kurusha abandi mu Rwanda ndetse ubumazemo igihe kinini yitabye Imana ku myaka 97 y’amavuko.
12 February 2019 Yasuwe: 2611 3

France:Koffi Olomide yatangiye kuburanishwa kubera gusambanya ababyinnyi be ku ngufu

Umuhanzi w’icyamamare ku Isi Antoine Christophe Agbepa Mumba uzwi nka Koffi Olomide ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, RDC, yaburanishijwe n’urukiko rwa Nanterre mu Bufaransa ku byaha...
12 February 2019 Yasuwe: 1802 0