Muri iki gihe abakobwa n’abahungu usanga bitana ba mwana ku birebana n’urukundo, abahungu bamwe ati “abakobwa nta rukundo bagira“, abakobwa nabo ati “abahungu nta rukundo bagira”. Ese kwereka...
Imitungo ni kimwe mu bintu bituma bamwe Babura ubuzima umunsi ku munsi, hari abantu babaho mu buryo bwo gusahura bakica abatunzi,Umugabo wo muri Nigeria witwa Enango Gelsthorpe Sege yishwe...
Se w’umuhanzi Diamond Platnumz witwa Abdul Juma yavuze ko nyuma y’urwango rukomeye rumaze kugaragara hagati ye n’umuhungu we, ubu basigaye babana nkaho nta cyo bapfana cyangwa nk’aho nta wigeze...
Umuraperi ukomeye mu karere k’Afurika y’uburasirazuba AY, ku isabukuru y’umwaka amaze arushinganye na Umwali Rehema , yongeye kugaragaza ibyiyumviro bye ku mugore we bamaranye umwaka.
Umunyamidelikazi Mimi Mirage ni umwe mu bantu bari kuvugwa neza n’Abanyarwanda benshi nyuma yo kugurira imodoka Mwiseneza Josiane wamamaye mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2019 bikamuhesha...