skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Kim Kardashian na Kanye West bagiye kubyara umwana wa kane batwitiwe n’undi mugore

Umuryango wa Kanye West na Kim Kardashian witeguye kwakira umwana wa Kane mu muryango wabo n’ubwo Kim Kardashian atemerewe gutwita kubera uburwayi afite nk’uko yabibwiwe n’abaganga akimara...
3 January 2019 Yasuwe: 1226 0

ONU yashyize hanze imigambi ya Kayumba Nyamwasa n’u Burundi k’u Rwanda

Raporo y’inzobere z’umuryango w’abibumbye zikorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaje Umunyarwanda Kayumba Nyamwasa utuye muri Afurika y’epfo nk’umuyobozi w’inyeshyamba za P5...
3 January 2019 Yasuwe: 21012 4

Umuhanzikazi Sandra Miraj wakubiswe na Nelly umugore wa Bull Dogg yagize icyo abivugaho aba ari nawe usaba imbabazi[AMAFOTO]

Umuraperikazi Sandra Miraj aherutse gukozanyaho n’umugore wa Bull Dogg bapfa ko uyu mukobwa yabyinishije umugabo w’abandi, yabisabiye imbabazi.
3 January 2019 Yasuwe: 2885 0

Dore ibyo Mama wa Meddy yavuze ubwo yajyanaga Mimi iwabo kumumwereka nk’umukazana we w’ahazaza[AMAFOTO]

Nyuma y’iminsi mike hamenyekanye amakuru ko umuhanzi Meddy yagiye kwereka umuryango we umukobwa bakundana w’Umunya Ethiopia witwa Mehfira Mimi, nyina w’uyu musore yagaragaje ko yamwishimiye byimazeyo.
3 January 2019 Yasuwe: 5663 0

Igiciro cy’umugati kiri hejuru cyane kigiye gutuma Perezida yeguzwa

Muri Sudani y’Amajyaruguru, abaturage bakajije imyigaragambyo basaba Perezida uriho Omar Al- Bashir kwegura kubera ibiciro bihanitse bikomeje kwiyongera ku kiribwa cy’umugati .
3 January 2019 Yasuwe: 2614 0

Abana bari kugororerwa muri Gereza y’abana bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuli wa 2018 bose baratsinze bishimishije

Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, rwatangaje ko abana 18 bakoze ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2018 bari kugororerwa muri Gereza y’abana y’i Nyagatare batsinze...
3 January 2019 Yasuwe: 2282 0

Mwiseneza umukobwa wigiriye icyizere akava mu cyaro cya kure n’amaguru akanjya kwiyamamaza muri Miss Rwanda yanikiriye mu...

Mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 Mwiseneza uri mubakobwa bahatanira ikamba ry’uyu mwaka yatangiye kwanikira abakobwa bahataniye iri kamba mu matora yo ku mbuga nkoranyambaga FaceBook, Instagram...
3 January 2019 Yasuwe: 3744 0

Nelly umugore wa Bull Dogg banabyaranye yakubise bikomeye umuhanzikazi Sandra Miraj bapfa umugabo we[AMAFOTO]

Nelly, umugore wa Bull Dogg yakubise bikomeye Sandra Miraji amuziza kubyinisha umugabo we mu gitaramo cyo kwakira Jay Polly wari umaze igihe afungiwe gukubita umugore we akamukura amenyo.
2 January 2019 Yasuwe: 5922 0

Bobi Wine ari gushinjwa gushaka gusimbura Yesu[AMAFOTO]

Umuhanzi akaba n’umunyapolitike Robert Kyagulanyi wamenyekanye nka Bobi Wine, arashinjwa gushaka gusimbura Yesu hakurikijwe amagambo akubiye mu ndirimbo ye nshya ivuga ku butegetsi buriho muri...
2 January 2019 Yasuwe: 2622 0

Ubusinzi bukabije, gushaka kurwana hagati ya Jay Polly na Bull Dogg no kuririmba ururimi rutava mu kanwa nibyo byaranze aba...

Ubusinzi bukabije, gushaka kurwana , kuririmba ururimi rutava mu kanwa ni byo byaranze Jay Polly na Bull Dogg mu gitaramo cyo kwakira Jay Polly wari umaze amezi 6 muri gereza azira gukubita no...
2 January 2019 Yasuwe: 5470 1