skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Perezida Museveni yubahirije isezerano ubwo yasangiraga amafunguro ya ku manywa n’umukobwa wabahesheje ishema akegukana ikamba...

Ku mugoroba w’ejo, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni n’umuryango we bafatanye ifunguro na Quiin Abenakyo, Nyampinga wa Uganda uheruka kwegukana ikamba rya Nyampinga w’umugabane wa Afurika....
31 December 2018 Yasuwe: 5835 0

Ange Kagame yashimiye cyane mu buryo bugiye butandukanye abarimo ababyeyi be,basaza be n’abakobwa bamubaye hafi[AMAFOTO]

Ingabire Ange Kagame, umukobwa wa Perezida Paul Kagame, yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ubuzima bwe no mu bukwe bwe anizeza Bertrand Ndengeyingoma wamaze kumuhabwa ko urukundo rwabo ruzaba...
30 December 2018 Yasuwe: 14923 0

Reba amafoto utabonye yaranze umuhango wo Gusaba no Gukwa Ange Kagame[AMAFOTO]

Ange Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida Paul Kagame inkuru ikinyamakuru UMURYANGO duheruka kubagezaho tariki 28 Ukuboza ubwo yasabwagwa akanakobwa n’umusore bakundana witwa Bertrand...
30 December 2018 Yasuwe: 29456 1

Ndahimana wasezeranye n’umugore we yambaye kamambili bakoze ubukwe bw’igitangaza bwahuruje imbaga y’abantu[AMAFOTO]

Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu...
30 December 2018 Yasuwe: 19861 1

Hatangajwe igihe cya vuba cyane Jay Polly azavira aho afungiye muri gereza ya Mageragere

Tuyishime Joshua wamamaye mu njyana ya Hip Hop, nka Jay Polly azava muri gereza ku wa 1 Mutarama 2019.
29 December 2018 Yasuwe: 3389 0

Polisi yataye muri yombi uyu Mupasiteri n’umufasha we bazira kugurisha amatike anjya mu ijuru ku kayabo k’amafaranga y’u Rwanda...

Pasiteri TITO Wats wo mu gihugu cya Zimbabwe yatawe muri yombi hamwe n’umufasha we ni inzego z’umutekano nyuma yuko batangije gahunda itaravuzweho rumwe yo kugurisha amatike ajya mu ijuru.
29 December 2018 Yasuwe: 7447 1

Royality umwana wa Chris Brown agiye gutuma asubira mu nkiko kubera ibyo yagaragaye ari gukora[AMAFOTO]

Chris Brown uzwi cyane mu muziki wa Amerika, agiye kwitaba ubutabera nyuma y’amashusho yigeze kugaragara umwana we w’umukobwa yise Royality ari gukinira n’inkende mu rugo rwe ruri mu Mujyi wa Los...
29 December 2018 Yasuwe: 4419 0

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba ’Ally Soudy’ nyuma y’imyaka itari mike atagera mu Rwanda yagarutse yakiranwa urukumbuzi...

Uwizeye Soudy uzwi nka Ally Soudy, umwe mu banyamakuru bahirimbaniye itarambere ry’imyidagaduro n’umuziki nyarwanda yagarutse i Kigali aho aje mu biruhuko by’iminsi mikuru ndetse akaba ari umwe...
29 December 2018 Yasuwe: 2379 0

Uyu muhanzi Polisi yamufunze kuri Noheli azira kwiba inyama ku muturanyi we[AMAFOTO]

Buchaman umwe mubahanzi bo muri Uganda wubatse izina mu ruganda rw’imyidagaduro muri kiriya gihugu ku munsi wa Noheli yafunzwe azira kwiba inyama ku muturanyi we.
28 December 2018 Yasuwe: 3973 1

Umukobwa w’uburanga ukomoka muri Congo niwe wegukanye ikamba rya Miss Africa ahigitse abandi b’uburanga barimo...

Miss Dorcas Kasinde umukobwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yegukanye ikamba rya Miss Africa ryaberaga ahitwa Calabar muri Nigeria atsinze abandi bakobwa bo mu bihugu 25 by’uyu...
28 December 2018 Yasuwe: 3949 0