Ku mugoroba w’ejo, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni n’umuryango we bafatanye ifunguro na Quiin Abenakyo, Nyampinga wa Uganda uheruka kwegukana ikamba rya Nyampinga w’umugabane wa Afurika....
Ingabire Ange Kagame, umukobwa wa Perezida Paul Kagame, yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ubuzima bwe no mu bukwe bwe anizeza Bertrand Ndengeyingoma wamaze kumuhabwa ko urukundo rwabo ruzaba...
Umugabo utuye I Muhanga mu murenge wa Shyogwe witwa Ndahimana Narcisse n’umugore we batunguranye cyane mu kwezi gushize ubwo uyu mugabo yajyaga gusezerana mu murenge yambaye kamambili. Kuri ubu...
Pasiteri TITO Wats wo mu gihugu cya Zimbabwe yatawe muri yombi hamwe n’umufasha we ni inzego z’umutekano nyuma yuko batangije gahunda itaravuzweho rumwe yo kugurisha amatike ajya mu ijuru.
Chris Brown uzwi cyane mu muziki wa Amerika, agiye kwitaba ubutabera nyuma y’amashusho yigeze kugaragara umwana we w’umukobwa yise Royality ari gukinira n’inkende mu rugo rwe ruri mu Mujyi wa Los...
Buchaman umwe mubahanzi bo muri Uganda wubatse izina mu ruganda rw’imyidagaduro muri kiriya gihugu ku munsi wa Noheli yafunzwe azira kwiba inyama ku muturanyi we.
Miss Dorcas Kasinde umukobwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yegukanye ikamba rya Miss Africa ryaberaga ahitwa Calabar muri Nigeria atsinze abandi bakobwa bo mu bihugu 25 by’uyu...