skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Nyuma yo kuvuga ko Meddy bazamumesa nagera mu Burundi,ubu yashyiriweho umutekano udasanzwe[AMAFOTO]

Nyuma y’ubutumwa bwakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga buvuga ko Meddy nagera i Burundi azomeswa (azicwa), kuri ubu abateguye ibitaramo bya Meddy batangaza ko azahabwa abapolisi bamucungira...
24 December 2018 Yasuwe: 4006 0

Umusore yasambanyije umurambo nyuma yo gucika abari bawurinze bakamufata arangije

Burya abantu bateye uburyo butandukanye, ni gacye cyane umuntu kuba yatekereza kuryamana n’umurambo mu gikorwa cyo gusambana , icyababaje abantu benshi ni uburyo Umusore witwa Kasim Shazada Khurum...
24 December 2018 Yasuwe: 1389 2

Hashyizweho abazayobora igitaramo cyo kwakira Jay Polly witegura gusohoka muri Gereza barimo ShaddyBoo[AMAFOTO]

Jay Polly umwe mu baraperi bakomeye hano mu Rwanda amaze igihe cy’amezi atanu afungiye i Mageragere aho ari mu gihano nyuma yo gukubita umugore we akamukura amenyo. Uyu muhanzi usigaje iminsi mike...
24 December 2018 Yasuwe: 2110 1

Meddy yerekanye umukunzi we bwa mbere mu gitaramo aranamusoma[AMAFOTO]

Ngabo Medard (Meddy) umuhanzi w’umunyarwanda mu minsi ishize ubwo yakoreraga igitaramo muri Canada i i Montreal bwa mbere yerekanye umukunzi we Mehfira Mimi muri iki gitaramo.
24 December 2018 Yasuwe: 2321 0

Hateguwe uburyo n’abahanzi bazakira Jay Polly akiva muri Gereza barimo na ShaddyBoo[AMAFOTO]

Umuraperi Jay Polly uri mu mpera z’igifungo yakatiwe abatandukanye batangiye gutegura uburyo bwo kwakira uyu muhanzi biteganyijwe ko azasohoka muri Gereza tariki 28 Ukuboza 2018.
23 December 2018 Yasuwe: 2703 0

Aline umukunzi wa P-Fla bivugwa ko ari no mu rukundo na Jay Polly uri muri Gereza yavuze ko afata Sharifa nk’umugore wabyaranye...

Umutoni Aline wamenyekanye cyane mu mashusho y’indirimbo zitandukanye hano mu Rwanda hakomeje kunugwanugwa urukundo hagati ye na Jay Polly aho bivugwa ko yaba ariwe ntandaro yo gushwana kwa Jay...
23 December 2018 Yasuwe: 4181 1

MUKOROGO n’imyambaro migufi ishotora abagabo mu bakobwa biga muri kaminuza ya Uganda babyamaganye babashyiriraho n’ibihano

Imyambaro migufite ku bakobwa ni kimwe mu mico imaze kokama urubyiruko rw’abakobwa mu bihugu bitandukanye by’umwihariko ababa biga mu mashuri yewe na za Kaminuza, ni mugihe Kaminuza mu gihugu cya...
23 December 2018 Yasuwe: 4379 1

Utu ni utuntu 12 dutangaje utari uzi kandi nyamara dufite icyo tumaze ku buzima bwacu bwa buri munsi

Nyamara hari ibindi bintu binyuranye ushobora gusanga utari uzi kandi bifitiye akamaro kanini ubuzima bwacu.
23 December 2018 Yasuwe: 6664 0

Mu mafoto utabonye reba uko byari byifashe mu bafana biganjemo n’aba Kiyovu nyuma y’intsinzi ya Mukura[AMAFOTO]

Ikipe ya Makurura Victory Sports ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo CAF Confederations Cup, yaraye ikoze amateka igera mu ijonjora rya nyuma muri iri rushanwa.
23 December 2018 Yasuwe: 1658 0

Uyu mukobwa yashishikarije abantu gusura gereza y’iwabo muri Miss Rwanda bisetsa abatari bake,abandi bataha barira kubera...

Umukobwa witwa Umukundwa Clemence yatangaje abantu benshi ubwo yari mu ijonjora ry’ibanze ryo gushaka abakobwa bazahagararira intara y’Amajyepfo muri Miss Rwanda 2019 aho yashishikarije abantu...
23 December 2018 Yasuwe: 3640 0