Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ukuboza 2018 nibwo uruganda rwa Bralirwa Plc rwamuritse ku mugaragaro inzoga ya Heineken yatangiye kwengerwa mu Rwanda.
Umuhanzi Diamond Platnumz ubu arabarizwa mu gihugu cya Kenya aho yagiye gukorera igitaramo kinyuranyije n’ibihano aheruka gufatirwa na leta ya Tanzania, by’uko nta gitaramo yemerewe gukora haba...
Ijonjora ry’ibanze ry’abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda ryakomereje mu Ntara y’Amajyepfo mu mujyi wa Huye kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Ukuboza 2018.
Abahinzi b’ icyayi bo mu murenge wa Karambi wo mu karere ka Nyamasheke barashimira Perezida Kagame kuko uruganda rw’ icyayi bamusabye barubonye ndetse ruri kubafasha kwikura mu bukene.
Burya ubukwe ni ikintu kirebwa n’abantu benshi cyane ku hantu utuye yewe n’amafoto ahita acicibikana, icyatangaje abantu ni uburyo Abongereza Emma Sparre-Newman na Ian Newman baciye ibintu ku mbuga...
Mwiseneza Josiane, umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu Ntara y’Uburengerazuba akaza no kugira amahirwe yo kuzaba umwe mu bazahagararira iyi ntara, akomeje kuvugisha abantu...
Niyitegeka Gratien umaze kuba rurangiranwa muri sinema nyarwanda kumazina nka Sekaganda, Ngiga, Seburikoko, Papa Sava n’andi mazina atandukanye, ni amwe muri menshi Niyitegeka Gratien yamamariyeho...
Perezida wa Repubulika akaba n’umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe (AU) Paul Kagame yagarutse ahanini ku kwihangira imirimo muri Afurika ku rubyiruko ariko anakomoza ku buzima bwe bwite.
Umukino w’umunsi wa cumi wa shampiyona wahuzaga Rayon Sports na Police FC, warangiye Police FC itsinze 1-0 Rayon Sports ikomeza kuba insina ngufi imbere y’amakipe makuru.