skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Mu birori byaranzwe no guturitsa ibishashi by’umuriro ’Fireworks’ Bralirwa yamuritse inzoga nshya[AMAFOTO]

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ukuboza 2018 nibwo uruganda rwa Bralirwa Plc rwamuritse ku mugaragaro inzoga ya Heineken yatangiye kwengerwa mu Rwanda.
22 December 2018 Yasuwe: 1878 0

Diamond yasuzuguye Leta ya Tanzania arenga ku bihano yari yamufatiye

Umuhanzi Diamond Platnumz ubu arabarizwa mu gihugu cya Kenya aho yagiye gukorera igitaramo kinyuranyije n’ibihano aheruka gufatirwa na leta ya Tanzania, by’uko nta gitaramo yemerewe gukora haba...
22 December 2018 Yasuwe: 2724 0

Reba umukobwa wiyamamarije mu ntara 2 zitandukanye muri Miss Rwanda byanga none n’aha gatatu naho yaswase[AMAFOTO]

Ijonjora ry’ibanze ry’abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda ryakomereje mu Ntara y’Amajyepfo mu mujyi wa Huye kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Ukuboza 2018.
22 December 2018 Yasuwe: 2886 0

Nyamasheke: Uruganda rw’ icyayi Perezida Kagame yabahaye rwabaruhuye imvune n’ ibihombo

Abahinzi b’ icyayi bo mu murenge wa Karambi wo mu karere ka Nyamasheke barashimira Perezida Kagame kuko uruganda rw’ icyayi bamusabye barubonye ndetse ruri kubafasha kwikura mu bukene.
22 December 2018 Yasuwe: 814 0

Amafoto yaciye ibintu:Ubukwe bw’umugabo n’umugore bakoze bose bambaye amakanzu bukomeje guca ibintu hose[AMAFOTO]

Burya ubukwe ni ikintu kirebwa n’abantu benshi cyane ku hantu utuye yewe n’amafoto ahita acicibikana, icyatangaje abantu ni uburyo Abongereza Emma Sparre-Newman na Ian Newman baciye ibintu ku mbuga...
22 December 2018 Yasuwe: 3412 0

Young Grace yagaragaje amarangamutima adasanzwe afitiye Mwiseneza wagenze urugendo rurerure agiye kwiyamamaza muri Miss Rwanda...

Mwiseneza Josiane, umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu Ntara y’Uburengerazuba akaza no kugira amahirwe yo kuzaba umwe mu bazahagararira iyi ntara, akomeje kuvugisha abantu...
22 December 2018 Yasuwe: 3264 1

Byinshi wamenya kuri Seburikoko w’imyaka 40 ubu wamaze kubona umukunzi bagiye gukorana ubukwe vuba

Niyitegeka Gratien umaze kuba rurangiranwa muri sinema nyarwanda kumazina nka Sekaganda, Ngiga, Seburikoko, Papa Sava n’andi mazina atandukanye, ni amwe muri menshi Niyitegeka Gratien yamamariyeho...
22 December 2018 Yasuwe: 12111 0

Menya byinshi ku buzima bwa Perezida Kagame n’abakinnyi avuga ko akunda

Perezida wa Repubulika akaba n’umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe (AU) Paul Kagame yagarutse ahanini ku kwihangira imirimo muri Afurika ku rubyiruko ariko anakomoza ku buzima bwe bwite.
22 December 2018 Yasuwe: 7404 0

Mu Burundi,Gitega yahinduwe umurwa mukuru wa Politiki mu gihe Bujumbura yahinduwe undi murwa

Umujyi wa Gitega uri hagati mu Burundi ugiye kuba umurwa mukuru wa politike w’iki gihugu, naho Bujumbura ibe umurwa mukuru w’ubucuruzi.
21 December 2018 Yasuwe: 5211 0

Rayon Sports ikomeje kuba insina ngufi nyuma yo gutsindwa na Police Fc

Umukino w’umunsi wa cumi wa shampiyona wahuzaga Rayon Sports na Police FC, warangiye Police FC itsinze 1-0 Rayon Sports ikomeza kuba insina ngufi imbere y’amakipe makuru.
21 December 2018 Yasuwe: 1995 0