skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Ubu buhamya bwa Mwiseneza wagiye kwiyamamaza muri Miss Rwanda aturutse mu cyaro cya kure nta mafaranga yo gutega afite akagenda...

MWISENEZA Josiane avuga ko yavuye mu rugo nta mafaranga ahagije y’urugendo afite ndetse kubera kugenda n’amaguru yaje gusitara acika ibisebe ariko ntiyacika intege, gusa ngo ni urugendo rwamugoye...
28 December 2018 Yasuwe: 3448 0

Virusi itera Sida birangiye ibonewe umuti wa burundu

Ubuvumbuzi bwari butegerejwe n’amamiliyoni y’abantu babana n’ubwandu bwa virus itera SIDA bwagiye hanze ndetse bwemeza ko bushobora kwica burundu utunyangingo twose twanduye virus ya SIDA.
28 December 2018 Yasuwe: 59142 12

Uyu munyamabanga wihariye wa Minisitiri akurikiranyweho kumusambanyiriza umukobwa

Uyu mugabo witwa Reuben Kiborek yagejejwe imbere y’urukiko kuri uyu wa Kane. Ashinjwa ko umukobwa wa Minisitiri Simon Chelugui yamutwaye mu modoka akamujyana mu mujyi wa Nakuru, ari naho bikekwa ko...
28 December 2018 Yasuwe: 4908 0

Perezida Kikwete yabonye uburyo Diamond na Tanasha bifotozaga babara amafaranga amugira inama yakoze benshi ku mutima amusaba...

Diamond yahishuye ikintu gikomeye yaganiriye n’uwahoze ari Perezida w’igihugu cya Tanzania Jakaya Kikwete aho yamusabye gufata icyemezo cy’abagabo akazana umugore uhamye akunda nawe umukunda...
28 December 2018 Yasuwe: 6700 1

Miss Bahati Grace yagaragaje umusore bari gukundana yasimbuje umuraperi K8 Kavuyo banabyaranye[AMAFOTO]

Nyuma yaho Miss Bahati Grace wabaye Miss Rwanda 2009 bitangajwe ko yatandukanye n’umuraperi K8 Kavuyo banabyaranye , uyu Bahati Grace yemeje ko ari murukundo nundi musore.
28 December 2018 Yasuwe: 3081 0

Abafana ba Rayon Sports b’abagiraneza bahaye akayabo k’amafaranga Ndahimana uheruka gusezerana yambaye Kambambili nawe...

Abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports babarizwa muri Mozambique bakusanyije inkunga yo kugenera Ndahimana Narcisse n’umugore we Mutuyemariya Consilie bo mu Murenge wa Shyogwe, Akarere ka Muhanga...
27 December 2018 Yasuwe: 6582 2

Mimi yakiranywe urugwiro na Mama wa Meddy amwereka n’amafoto ye yo mu bwana ndetse Meddy yanasobanuye icyo yamukundiye arusha...

Ngabo Medard uzwi cyane nka Meddy yamaze kwerekana umukunzi we mu muryango avukamo bivugwa ko yamwerekanye ku wa 25 Ukuboza 2018, ku munsi mukuru wa Noheli.
27 December 2018 Yasuwe: 8170 0

Aba bantu barimo n’umugore bafashwe basinze mu buryo bukabije kuri Noheli[AMAFOTO]

Polisi y’Igihugu yerekanye abantu bakurikiranyweho ubusinzi ndetse no kugonga byaturutse ku businzi muri Kigali ku munsi wa Noheli n’abandi bafashwe bibye abaturage.
27 December 2018 Yasuwe: 7933 0

Meddy warufite ibitaramo bibiri mu gihugu cy’i Burundi yageneye ubutumwa Abarundi bose barimo n’abari bamutegereje bashaka...

Umuhanzi w’umunyarwanda, ubarizwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Ngabo Medard [Meddy] yasubitse ibitaramo bibiri yagombaga gukorera mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’i Burundi.
27 December 2018 Yasuwe: 2627 0

Ubukwe bwa Diamond na Tanasha bushobora gupfa bitewe n’amabanga yo mu buriri Diamond yashyize ku karubanda[AMAFOTO]

Diamond ukomeza kwerekana imbaraga zidasanzwe muri muzika , yatangaje amagambo ku mukunzi we mushya bitegura kurushinga Donna Natasha Okech amushimira ko hari byinshi amukundira cyane cyane uko...
27 December 2018 Yasuwe: 6309 0