Umusore utashatse ko amazina ye ajya ahagaragara yandikiye Umuryango abinyujije kuri E-mail atanga ubuhamya bw’ibyamubayeho ari nabyo ashingiraho avuga ko asanga abakobwa benshi kuri iki gihe...
Umupasiteri yasanzwe mu rugo iwe yiyahuye, nyuma yo kubangamirwa n’umwe mubo bafatanyije gutangiza idini.
Kuri uyu wa Gatanu nibwo hamenyekanye inkuru y’umukozi w’Imana wo mu gihugu cya Uganda...
Abagabo batatu babavandimwe na mubyara wabo bashizemo umwuka nyuma y’inzoga banywereye ku muvandimwe wabo mu birori byo gutaha inzu.
Aba bavandimwe babarizwaga mu gace ka Mwania Mbogo muri...
Kuri uyu wa 28 Mata 2018 nibwo Abanye Congo ibihumbi n’ibihumbi baje kwakira Moise Katumbi uri i Kigali mu nama ya " Ibrahim Governance Weekend".
Aba BanyeCongo bavuga ko barambiwe ubutegetsi...