skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Menya ubwoko bw’urukundo bugera kuri 6 abantu bashobora gukunda no gukundwakazamo dukurikije ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere...

Usanga abantu benshi badakunda cyangwa se ngo bakundwe mu buryo bumwe bitewe n’uko hari ubwoko bwinshi bw’urukundo bityo bigatuma hari n’abantu benshi bakundwa ariko ntibishimire urukundo bahabwa...
30 April 2018 Yasuwe: 16326 8

Abakobwa benshi bashyingirwa muri iki gihe abana ba mbere babyaye baba ari ab’abasore bakundanaga[UBUHAMYA]

Umusore utashatse ko amazina ye ajya ahagaragara yandikiye Umuryango abinyujije kuri E-mail atanga ubuhamya bw’ibyamubayeho ari nabyo ashingiraho avuga ko asanga abakobwa benshi kuri iki gihe...
30 April 2018 Yasuwe: 9686 9

Ibibazo by’idini byatumye pasiteri yimanika mu mugozi

Umupasiteri yasanzwe mu rugo iwe yiyahuye, nyuma yo kubangamirwa n’umwe mubo bafatanyije gutangiza idini. Kuri uyu wa Gatanu nibwo hamenyekanye inkuru y’umukozi w’Imana wo mu gihugu cya Uganda...
30 April 2018 Yasuwe: 1666 0

Hamisa Mobetto yongeye guteza urujijo ku mubano we na Diamond Platnumz

Uyu munyamideli wanabyaranye na Diamond Platnumz aherutse gutangaza amagambo adasanzwe kuri Diamond bishyira mu rujijo abantu benshi n’abakurikiranira hafi umubano w’aba bombi. Nyuma yo...
30 April 2018 Yasuwe: 1451 0

Abavandimwe na mubyara wabo bapfuye nyuma y’inzoga banywereye ku muvandimwe wabo mu birori byo gutaha inzu

Abagabo batatu babavandimwe na mubyara wabo bashizemo umwuka nyuma y’inzoga banywereye ku muvandimwe wabo mu birori byo gutaha inzu. Aba bavandimwe babarizwaga mu gace ka Mwania Mbogo muri...
30 April 2018 Yasuwe: 3316 0

Reba urutonde rw’ibihugu 20 binini ku isi n’indimi bikoresha

Isi muri rusange ifite ibihugu 196, gusa byose ntago bingana. mukinyarwanda baravuga ngo uwabaje imitima ntiyayiringanije kimwe, uku ninako ibi bihugu bitangana. aha tugiye kurebera hamwe ibihugu...
29 April 2018 Yasuwe: 15101 1

Impamvu nyamukuru zituma abakobwa b’iki gihe bikundira kurongorwa n’abagabo bakuze zamenyekanye

Hari abantu bamwe bakomeje kwibaza impamvu abakobwa benshi muri iyi minsi usanga bari gushidukira cyane abagabo bakuze kurenza uko bashaka abagabo bakiri bato. Nk’uko abakobwa n’abagore bakunda...
29 April 2018 Yasuwe: 5898 1

NTIBISANZWE!Pasiteri yasabye umugore kwamburira ikariso mu rusengero imbere y’abayoboke be benshi amutegeka no gutandaraza

Uyu mupasitoro ukomoka mu gihugu cya Nigeria ngo yaba yarakoze ibi kugirango asengere uyu mugore maze abashe gutwita. Mu ifoto yakwirakwiriye ku rubuga rwa Facebook, hagaragara umupasitoro...
29 April 2018 Yasuwe: 8121 2

Mu mafoto reba uko AbanyeCongo ibihumbi n’ibihumbi baje kwakira i Kigali Moise Katumbi utavuga rumwe na Kabila

Kuri uyu wa 28 Mata 2018 nibwo Abanye Congo ibihumbi n’ibihumbi baje kwakira Moise Katumbi uri i Kigali mu nama ya " Ibrahim Governance Weekend". Aba BanyeCongo bavuga ko barambiwe ubutegetsi...
29 April 2018 Yasuwe: 5518 0

Urukundo ruraryoha ariko bikaba akarusho iyo mwembi muhuza,Iyumvire ubuhamya bw’urukundo rwa Innocent n’umugore we uburyo bubabaje

Umusomyi w’ikinyamakuru umuryango.rw yatwandikiye aduha ubuhamya bw’urukundo rwe n’umugore we wa mbere banabyaranye abana babiri bityo bakaza kuburana. Yatwandikiye agira ati: Muraho bene...
29 April 2018 Yasuwe: 8218 10