skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Impamvu Donald Trump yavuze yatumye atagurira umugore we impano ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko yatangaje abantu benshi

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump umenyerewe ho udukoryo no gutungurana cyane mu myanzuro igiye itandukanye ku buryo buri muntu wese aho ari aba yumva yamenya ibiri kujya mbere...
28 April 2018 Yasuwe: 1644 0

Mu mafoto reba uguhinduka kudasanzwe k’uruhu ku bahanzikazi nyarwanda[AMAFOTO]

Benshi mu bahanzikazi nyarwanda, bagiye bahinduka mu buryo bugaragara, kuburyo ubabonye uko basaga mu myaka yashize ukagereranya n’uko basigaye basa, ubona ko rwose hari itandukaniro. Hari abahamya...
27 April 2018 Yasuwe: 7208 2

Urutonde rw’abahanzikazi nyarwanda badatinya guhishura ubwambure bwabo n’impamvu batanga ibibatera[AMAFOTO]

Dukunze kubona kenshi amafoto n’amashusho bicicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyamabaga n’ahandi, bigaragaza bamwe mu bahanzikazi bo mu Rwanda berekana imiterere y’imibiri yabo, ariko hakibazwa...
27 April 2018 Yasuwe: 4728 0

Ubuhamya bwa Makurata wabonye umugabo nyuma y’imyaka 30 ategereje uw’umugisha

Ubu ni ubuhamya bw’umugore wabonye umugabo nyuma y’imyaka 30 ategereje umugabo w’umugisha yari yarasabye Imana nk’uko abivuga. Yaratuganirije atwemerera ko twamutangira ubu buhamya kugira ngo...
27 April 2018 Yasuwe: 8646 11

NTIBISANZWE!!Yateweho igitsina cy’uwapfuye nyuma y’uko icye cyari cyavuyeho

Umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuye n’uruva gusenya ubwo yari ku rugamba mu gihugu cya Afghanistan, ubwo we na bagenzi be baturikanwaga n’igisasu maze ahasiga ubugabo bwe. Uyu...
26 April 2018 Yasuwe: 3324 1

Amafoto y’abasore 2 bazengurukijwe umujyi wose bambaye ubusa nyuma yo gufatwa basambana yumije imbaga nyamwinshi

Irebere amafoto akomeje guca ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, aho abasore 2 bo mu gihugu cya Nigeria bafashwe bari gusambana, babaha igihano cyo kubazengurukana umujyi wose bambaye...
26 April 2018 Yasuwe: 5998 1

Ibishushanyo Oprah yishushanyijeho nk’ikimenyetso kizanjya kimwibutsa inshuti ye magara Masogange uherutse gupfa...

Irene Oprah Uwoya kubera agahinda gakomeye yatewe no kubura inshutiye magara Agnes Gerald [Masogange] uherutse kwitaba Imana, byatumye yishyira ku mubiri ibishusho bizajya bimufasha kuzirikana...
26 April 2018 Yasuwe: 4550 0

Wa mwana w’imyaka 8 warongoye umukecuru w’imyaka 62 yamuteye inda[AMAFOTO]

Umwana w’imyaka 8 warongoye umukecuru w’imyaka 62 yamaze kumutera inda nyuma y’imyaka ine babana. Umwaka ushize nibwo hasakaye inkuru y’uyu mwana w’ imyaka 8 y’amavuko asezerana n’umukecuru...
26 April 2018 Yasuwe: 12067 1

Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi nyarwanda bagiye bazamurwa n’ubwiza bwabo

Abakurikiranira umuziki hafi bemeza ko ubwiza”uburanga”bw’umukobwa biri mubigomba kumufasha mukuzamuka kwe muri muzika, uburanga aribwo bwiza bugararira ku maso butuma abasore cyangwa abagabo...
26 April 2018 Yasuwe: 4451 0

Mbigenze nte ?Naciye inyuma umugabo wanjye ndyamana n’umuhungu uzi icyo gukora none kumwikuramo byananiye

Umugore uri mu kigero cy’imyaka 35 utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba yaraciye inyuma umugabo we akaryamana...
26 April 2018 Yasuwe: 6652 12