Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump umenyerewe ho udukoryo no gutungurana cyane mu myanzuro igiye itandukanye ku buryo buri muntu wese aho ari aba yumva yamenya ibiri kujya mbere...
Benshi mu bahanzikazi nyarwanda, bagiye bahinduka mu buryo bugaragara, kuburyo ubabonye uko basaga mu myaka yashize ukagereranya n’uko basigaye basa, ubona ko rwose hari itandukaniro. Hari abahamya...
Umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuye n’uruva gusenya ubwo yari ku rugamba mu gihugu cya Afghanistan, ubwo we na bagenzi be baturikanwaga n’igisasu maze ahasiga ubugabo bwe.
Uyu...
Abakurikiranira umuziki hafi bemeza ko ubwiza”uburanga”bw’umukobwa biri mubigomba kumufasha mukuzamuka kwe muri muzika, uburanga aribwo bwiza bugararira ku maso butuma abasore cyangwa abagabo...
Umugore uri mu kigero cy’imyaka 35 utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba yaraciye inyuma umugabo we akaryamana...