skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Ubuhamya: Abantu batatu bagiye ikuzimu baravuga uko hameze (IGICE CYA MBERE)

Abantu benshi bemezako ikuzimu hatabaho abandi bagakekeranya. Icyo twavuga ni uko ikuzimu habaho gusa biragoye kuba wakwemezako ikuzimu ari munsi y’ubu butaka duhagazeho. N’ubwo abagiyeyo bose nta...
29 April 2018 Yasuwe: 11473 7

Dore urutonde rwa ba Miss b’abanyarwandakazi n’abakunzi/abagabo babo[AMAFOTO]

Ba Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe...
28 April 2018 Yasuwe: 9177 1

Umunyarwandakazi ShaddyBoo yagize icyo avuga ku rukundo rwe na Diamond Platnumz

Umunyarwandakazi wamamaye mu Karere kubera imbugankoranyambaga Shaddyboo,nyuma y’amasaha make bimwe mu bitangazamakuru bikorera muri aka karere ka Afurika y’Uburasirazuba byanditse ko uyu mukobwa...
28 April 2018 Yasuwe: 5496 1

Umuhanda Karongi - Muhanga wafunzwe n’inkangu zikomeye[AMAFOTO]

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda RNP, riramenyasha abantu bose bakeneye gukorera ingendo zabo mu muhanda Karongi - Muhanga, ko kubera ikibazo cy’inkangu zikomeye zatumye...
28 April 2018 Yasuwe: 2920 0

Imodoka ya Polisi n’iya gisirikare zagonganye 2 bahita bitaba Imana

Mu gihugu cya Tanzaniya imodoka ya gisirikare yari ivuye mu birori by’imyaka 54 Tanganyika na Tanzaniya byihuje yagoganye n’imodoka ya gipolisi abasirikare babiri bahita bitaba Imana. Hari kuri...
28 April 2018 Yasuwe: 8633 2

Dore urutonde rw’abakinnyi ba Filime bakomeye batangiriye uyu mwuga mu gukina iz’urukozasoni[AMAFOTO]

Hari bamwe mu bakinnyi ba filime bakomeye ku isi batangiriye umwuga wabo wa cinema mu gukina filime z’urukozasoni zizwi nka” pornography”. Gusa nyuma yo kumenyekana muri cinema baje kubireka kandi...
28 April 2018 Yasuwe: 3196 0

ShaddyBoo mu rukundo na Diamond Platnumz[AMAFOTO]

Diamond Platnumz umuhanzi ukomeye muri Tanzania, akomeje kurangwa n’amakuru agaragaza ko yaba yarasubiranye na bamwe mu bakobwa yagiye akundana nabo nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we w’imena...
28 April 2018 Yasuwe: 6987 0

Twasambanye rimwe none mpora mwifuza atari umugabo wanjye, Nkore iki? Nimungire inama

Nshuti zanjye , bakuru banjye basaza banjye basomyi b’ikinyamakuru umuryango.rw namwe babyeyi nimungire inama kuko mfite ikibazo kandi nabuze uko nakitwaramo kirangoye cyane bishoboka. Nitwa...
28 April 2018 Yasuwe: 17235 5

Ubuhamya: Impamvu zituma abakozi bo mu rugo baryamana na ba Shebuja

Ikinyamakuru umuryango.rw cyegeranyije ibitekerezo ku mpamvu zituma abagore bamwe baryamana n’abakozi babo b’abahungu. N’ubwo uwo ubibajije adahita yumva neza impamvu ishobora gutera umugore...
28 April 2018 Yasuwe: 32206 3

Umugore wakundanye n’abagabo bagera kuri 200 mugihe gito cyane akomeje gutangaza abatuye isi

Umugore wo mu gihugu cya Korea y’Epfo yatangaje abantu bitewe n’uko mu gihe kingana n’imyaka 2 amaze gujya mu rukundo n’abagabo bagera kuri 200. Nyamara kuri ubu akaba nta numwe bari kumwe. Uyu...
28 April 2018 Yasuwe: 2154 0