Ba Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe...
Umunyarwandakazi wamamaye mu Karere kubera imbugankoranyambaga Shaddyboo,nyuma y’amasaha make bimwe mu bitangazamakuru bikorera muri aka karere ka Afurika y’Uburasirazuba byanditse ko uyu mukobwa...
Mu gihugu cya Tanzaniya imodoka ya gisirikare yari ivuye mu birori by’imyaka 54 Tanganyika na Tanzaniya byihuje yagoganye n’imodoka ya gipolisi abasirikare babiri bahita bitaba Imana.
Hari kuri...
Hari bamwe mu bakinnyi ba filime bakomeye ku isi batangiriye umwuga wabo wa cinema mu gukina filime z’urukozasoni zizwi nka” pornography”. Gusa nyuma yo kumenyekana muri cinema baje kubireka kandi...
Umugore wo mu gihugu cya Korea y’Epfo yatangaje abantu bitewe n’uko mu gihe kingana n’imyaka 2 amaze gujya mu rukundo n’abagabo bagera kuri 200. Nyamara kuri ubu akaba nta numwe bari kumwe.
Uyu...