skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Oda Paccy yongeye gushotora abagabo akoresheje ifoto

Umuhanzikazi Nyarwanda Oda Paccy wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere yashyize hanze ifoto idasanzwe aho yari yambaye imyenda imugaragaza wese uko ateye ndetse anahishe...
18 July 2017 Yasuwe: 4299 0

Umukecuru w’ imyaka 88 yeruye umubare w’ abimukira yaryamanye nabo abantu barumirwa

Umukecuru wo mu gihugu cy’Ubudage w’imyaka 88, avuga ko mu myaka 5 ishize yaryamanye n’abimukira basaga Ibihumbi 3 mu gihe yabaga abacumbikiye ngo bamenyere igihugu gishya binjiyemo bavuye mu...
17 July 2017 Yasuwe: 10027 5

Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi nyarwanda 10 bafite imiterere myiza n’uburanga bibakururira abakunzi kurusha abandi mu...

Usibye kuba bafite impano yo kuririmba mu bahanzikazi Nyarwanda harimo banwe usanga bafite ubwiza budasanzwe ndetse n’abandi bafite imiterere idasanzwe ari nabyo usanga benshi babikuramo igikundiro...
17 July 2017 Yasuwe: 16580 5

Umutare Gaby yakoze ubukwe na Joyce buryoheye amaso(AMAFOTO)

Umutare Gaby, umuhanzi w’ Umunyarwanda wamenyekanye mu ndirimbo nka “Ntunkangure”, “Mesa kamwe”, “Urangora” nizindi, uyu musore w’imyaka 27 y’amavuko yasezeranye kubana akarama n’umukobwa uba muri...
16 July 2017 Yasuwe: 5447 1

Intambara y’amagambo n’amakimbirane hagati y’abahanzi ubwabo ndetse n’abanyamakuru yafashe indi ntera mu Burundi

Mu gihugu cy’u Burundi abahanzi batandukanye barimo Big Fizzo Lolilo n’abandi bakomeje umurego mu ntambara y’amagambo aho aba bombi babinujije mu ndirimbo bakomeje kugaragaza kutumvikana ku byo...
16 July 2017 Yasuwe: 2007 1

Umusore ubabaje ubayeho mu bukene bukabije yarwaye indwara ituma abantu bamwikangamo baringa(AMAFOTO)

Umusore wo mu Bushinwa, mu bukene bukabije abayeho nta nshuti agira ndetse rubanda bamwitiranya n’ibisimba kubera ubumuga afite ku mutwe bwanamuhinduye isura. Uyu ni Umushinwa Chi Zhoujing...
16 July 2017 Yasuwe: 4133 6

Myugariro ukomeye wa APR FC Rugwiro Herve yasezeranye imbere y’Imana n’abantu kubana akaramata na Carine Mugabekazi(AMAFOTO)

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, Myugariro w’ikipe ya APR FC, Rugwiro Herve yakoze ubukwe n’umukunzi we Mugabekazi Carine bamaze imyaka myinshi bakundana. Herve usanzwe ukinira...
16 July 2017 Yasuwe: 4038 1

Uruhinja rwatoraguwe mu ishyamba intozi zarwuzuyeho rwashenguye imitima ya benshi (AMAFOTO)

Umugabo wo mu gihugu cy’u Burusiya yatoraguye uruhinja mu ishyamba intozi zirimo kururya rurira cyane rwabuze gitabara. Ibi byabereye mu ishyamba riri ahitwa Chelyabinsk mu Burusiya.Uyu mugabo...
16 July 2017 Yasuwe: 4836 4

Umugore n’ umugabo baguwe gitumo baterera akabariro ku rubaraza rw’ umuturanyi(AMAFOTO)

Umugabo n’umugore bari mu kigero cy’abakuze, nk’uko bigaragara, bafashwe basambanira ku ibaraza ry’inzu y’umuturage mu rusisiro rumwe mu ntara ya Ebonyi muri Nigeria, bahanishwa kuzengurutswa...
16 July 2017 Yasuwe: 8932 3

Umugore nyuma yo gufata umugabo we areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri internet nawe yamuhanishije kwifotora amabere...

Umugore w’imyaka 40 akaba atwite, nyuma yo gufata umugabo we ufite imyaka 44 areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri interineti, yamuhanishije kwifotora amabere ye na we yambaye ubusa maze...
15 July 2017 Yasuwe: 14116 0