skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Ubuhamya bw’umugore uvuga ko abadayimoni bamukururiraga abagabo batagira ingano maze bagasambana(AMAFOTO)

Mu rusengero imbere y’imbaga y’abantu, umugore witwa Vivian Iwuchukwu wo muri Nigeria yatangaje ko aho yajyaga hose abagabo bamukurikiraga nk’imibu ikurikira ahantu hari ubuki,haba muri...
11 July 2017 Yasuwe: 4990 3

Riderman uri mu Bushinwa akihagera yatunguwe cyane n’imbaga nyamwinshi y’abashinwa batangariye umusatsi we(AMAFOTO)

Mu mpera z’iki cyumweru gishize kuwa gatandatu taliki ya 08/07 2017 nibwo umuhanzi Gatsinzi Emery uzwi cyane nka Riderman yataramiye imbaga nyamwinshi mu bushinwa ariko ubwo yageraga muri iki...
11 July 2017 Yasuwe: 7949 2

Umubyinnyikazi ukomeye wo muri Afurika y’Epfo yagaragaye mu birori atambaye ikariso maze bituma bamwe bamwita indaya(AMAFOTO)

Zodwa Wabantu uzwi cyane nk’umubyinnyi ukomeye muri Afurika y’Epfo yagaragaye mu birori atambaye ikariso, amafoto ye akaba akomeje kuvugisha benshi ariko we akaba yatangaje ko ari uburenganzira...
11 July 2017 Yasuwe: 12594 1

Reba ibyo P Fla uri muri gereza yatangaje ku bivugwa ko nafungurwa azahita asubizwa muri Tuff Gang ndetse n’abahanzi yihanije

Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya Mageragere, aratangaza ko adashaka kunjya mu Itsinda iryo ariryo ryose yewe ahakana n’amakuru avugwa ko yaba agiye gusubizwa muri Tuff Gang...
10 July 2017 Yasuwe: 8034 5

Nyuma y’imyaka 7 atwite,umukecuru w’imyaka 70 y’amavuko yibarutse umwana w’umukobwa(AMAFOTO)

Byari amarira y’ibyishimo ubwo umukecuru w’imyaka 70 y’amavuko warumaze imyaka 7 atwite yibarukaga umwana w’umukobwa maze bigatangaza n’abantu benshi. Ibi bifatwa nk’igitangaza cy’Imana...
10 July 2017 Yasuwe: 4394 2

Tanzania: Umugabo yahaye mugenzi we ikiraka cyo kumuterera inda none yagiye kugana inkiko

Umugabo w’imyaka 30 wo muri Tanzania witwa Darius Makambak umupolisi muri Tanzania Police force yishyuye inshuti ye Evans Mastano amafaranga menshi ngo amuterere inda umugore none bagiye kwitabaza...
10 July 2017 Yasuwe: 4937 1

Reba umwana w’umukobwa udasanzwe ugejeje ku myaka 21 y’amavuko nta maso nta munwa nta mazuru nta n’isura agira(AMAFOTO)

Khadija Khatoon aturuka mu burasirazuba bw’Ubuhinde yavutse nta sura afite, nta maso nta mazuru nta n’umunwa. Abaganga bo mu buhinde banze kumubaga batinya ko baramutse bamubaze yahita yitaba...
10 July 2017 Yasuwe: 6635 9

Umwarimu yahanishije abanyeshurikazi kwivuruguta mu byondo bambaye ubusa (AMAFOTO)

Umwarimu wo mu mashuri yisumbuye mu gihugu cya Cameroon, ubu ari mu mazi abira nyuma yo gutanga igihano kitavugwaho rumwe ku bana b’abakobwa baje ku ishuri bakererewe. Uyu mwarimu w’umugabo...
10 July 2017 Yasuwe: 9821 11

Gisa wubatse Kigali Convention Center mu ibumba yayitambagijwe ari kumwe n’ ababyeyi be (AMAFOTO)

Nyuma y’uko umwana w’umuhungu witwa Gisa Gakwisi abumbye inyubako ya Kigali Convention Center ndetse na Hoteli yayo izwi nka Radisson Blue, uyu mwana yatemberejwe muri izi nyubako hamwe n’ababyeyi...
10 July 2017 Yasuwe: 2831 3

Umuzungukazi yaguze imodoka ipfuye biramurenga yambara ubusa ku karubanda (AMAFOTO)

Umugore wo mu gihugu cya Brazil yafashwe n’ibisazi akuramo imyenda yiruka mumuhanda nyuma yuko aguze imodoka igahita ipfa nyuma y’iminota mike ayitwaye asabye aho yayiguze ngo bamufashe bakamutera...
9 July 2017 Yasuwe: 7130 1