Mu buhamya bw’umugore utuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,atanga avuga ko yabyaranye na Se ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko kuko yari afite akamenyero ko kuryamana na we.
Nk’uko...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 30 kamena 2017 ni bwo Butera Knowless ndetse na Gasore Serge umuyobozi wa Gasore Foundation bafatanyije na sosiyete icuruza telefone zigendanwa ya Itel basuye abana...
Ushobora kuba warigeze kumva ko hari abantu bihindura ibitsina bakaba abagabo bari abagore cyangwa bakaba abagore bari abagabo ukabishidikanyaho. Ibi birashoboka kandi bibaho nubwo bigira ingaruka...
Serena Williams wamamaye cyane mu mukino wa Tennis ubu akaba atwite inda y’imvutsi yagaragaye ku kinyamakuru August’s Vanity Fair magazine yiyambariye uko yavutse anatangaza uko yumvise amerewe...
Yaratangiye ati :” ntuye mu gace k’abakire bo mu mujyi wa Abidja, ntihagire uncira urubanza kuko nzi neza ko ibyo nakoze bitabaho kandi ko nta mahoro bitanga, nanjye ubwanjye niciriye urubanza “....
Mu gihe abantu benshi bari batangariye umwenda wo kogana wamaze kujya ahagaraga uriho ifoto ya Trump, aha hari amafoto agaragaza imyambaro itadukanye yakozwe mu ishusho y’Isura ya perezida wa Korea...