Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Nyakanga nibwo umubyeyi wa Diamond Platnumz yizihizaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 50 amaze abonye izuba.
Kuri ibi birori umuhanzi Diamond abinyujije kuri...
Umukinnyi akaba na rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse na Argentine kuri ubu ibyishimo ni byose nyuma y’ubukwe bw’akataraboneka aheruka gukora, kuri ubu ari kwishimana n’umukunzi we mu...
Umuhanzi w’umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi ku izina rya The Ben yanyomoje amakuru amaze iminsi acicikana mu bitangazamakuru avuga ko yitegura kuza mu Rwanda kuhakorera igitaramo we na Meddy...
Jay Polly ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye muri muzika nyarwanda ibi kandi akaba abihuriyeho na King James nawe ufite izina ritari rito mu ruhando rwa muzika Nyarwanda.
Jay Polly ni...
Nyuma y’ uko kuri uyu wa Kabiri ushize Uzamberumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook yasangije abakunzi be ifoto yambaye umwenda w’ikipe ya FC Barcelone bigatuma...
Umuhanzi akaba n ‘umunyamakuru kuri radio imwe yo mu Rwanda yabwiye umugore we amagambo yuje amarangamutima kandi agaragariza bose urukundo uyu muhanzi akunda umugore we.
Abinyujije kuri...
Umuryango wa Diamond Platnumz uri mu bihe bikomeye, nyuma y’aho kuri ubu mama wa Zari yongeye gusubira mu bitaro bitewe n’uko ubuzima bwe butifashe neza.
Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo...
Mu minsi ishize Lionel Messi yasinye amasezerano y’imyaka ine mu ikipe ya Fc Barcelone aho yahise yongezwa umushahara akazajya ahembwa asaga miliyoni 40 z’amayero ku mwaka, gusa ariko uretse...