skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Intama yabyaye inyamaswa ijya gusa n’ umuntu biteza umwuka mubi mu baturage [Amafoto]

Mu gihugu cya Afurika y’ Epfo intama yabyaye inyamaswa ifite ibice by’ umubiri bijya kumera nk’ iby’ umuntu abaturage baturanye na nyiri iyo ntama bikoma uwo muryango bawushinja amadayimoni Iki...
24 June 2017 Yasuwe: 4944 0

Ibyo wamenya ku buryo 8 bukoreshwa mu kuboneza urubyaro

Ubusanzwe uburyo bwo kuboneza urubyaro burimo ibice 2 by’ingenzi hakaba uburyo bukoresha imisemburo (ibinini, inshinge, …) hakaba n’ubudakoresha imisemburo.Uburyo bukoresha imisemburo usanga ari...
24 June 2017 Yasuwe: 32410 11

Mu mafoto reba iserukiramuco ryo kurya imbwa mu Bushinwa(AMAFOTO)

Umuco wo kurya imbwa mu gihugu cy’Ubushinwa ni umuco wavutse mu myaka 400 ishize, nubwo nta muganga cyangwa umuyobozi wigeze wemeza ko bagomba kujya bazirya. Iri serukiramuco ryo kurya imbwa...
23 June 2017 Yasuwe: 4644 3

Igitangaza muri Nigeria cyarakozwe ubwo umupasiteri yazuraga uruhinja rwari rwapfuye(AMAFOTO)

Dr. Chris Okafor umuyobozi w’itorero Mountain Miracle and Liberation Ministries muri Nijeriya yazuye uruhinja rw’amezi atandatu rwari rumaze gushiramo umwuka rurongera ruba ruzima . Nkuko...
23 June 2017 Yasuwe: 5465 16

Ibyiza bigera kuri 15 utaruzi bigaragazwa n’abahanga byo gukora imibonano mpuzabitsina ku buzima bwa muntu

Nk ‘uko tubikesha urubuga webmd.com/sex relatioship. Mu bushakashatsi bwakozwe n’abahanga bo mu Bwongereza, bugakorwa bwerekanye ko imibonano mpuzabitsina ari ingirakamaro ku buzima bw’umuntu....
23 June 2017 Yasuwe: 33835 15

Ubukwe bw’ umuherwe wo muri Uganda bwapfuye kubera amafoto amushinja gusambanya abana be

Daniel Kisseka Nyika, umugabo w’umukire muri Uganda, aherutse gushyirwa ku karubanda na mushiki we, Yvonne Maseruka amushinja kuryamana n’abakobwa be bituma n’ubukwe bwe yapangaga bupfa kuko...
23 June 2017 Yasuwe: 5953 4

Bwa mbere umuhanzi uri mu irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar yavuze umuhanzi aha amahirwe yo kwegukana iri rushanwa(AMAFOTO)

Ni ku nshuro ya mbere kuva iri rushanwa ryatangira hagaragaye umuhanzi uhishura amarangamutima ye ku bahanzi bahanganye maze akavuga uwo aha amahirwe yo kwegukana iri rushanwa rya Primus Guma Guma....
22 June 2017 Yasuwe: 4005 1

Umubyeyi w’abana batatu arifuza uwamuha urukundo rutari nk’ urw’ umugabo we wamuteshaga umutwe

Umubyeyi w’abana batatu utuye i Kigali yatwandikiye adusba ko twamubera umuranga maze tukamuhuza n’umugabo umuha urukundo atigeze abona ku mugabo we wa mbere babyaranye abana batatu. Umugore...
22 June 2017 Yasuwe: 4067 31

Nyuma y’Uburwayi bwa mama we ndetse n’urupfu rw’uwahoze ari umugabo we,ubu Zari nawe ari mu bitaro(AMAFOTO)

Umugore w’ icyamamare Zari Hassan akaba n’ umufasha w’ umuhanzi Diamond ubu ari mu bitaro nyuma yo gupfusha uwahoze ari umugabo we wa mbere ndetse agiye abisikana na mama we bivugwa ko yorohewe...
22 June 2017 Yasuwe: 3623 0

Ubuhamya bw’ akababaro Umunyarwanda yatewe n’ umugore we bamaranye imyaka 7

Abicishije kuri E-mail yacu,umugabo ubyaye gatatu yadusangije ubuhamya bw’akababaro yahuye nako nyuma y’imyaka irindwi yose amaze ashatse umugore ndetse akaba akeneye n’Inama zitari imikino kandi...
22 June 2017 Yasuwe: 11363 32